• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, April 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Menya iby’amasezerano y’amabuye y’agaciro Amerika yagiranye na RDC n’u Rwanda n’inyungu iyafitemo.

minebwenews by minebwenews
July 2, 2025
in Regional Politics
0
Menya iby’amasezerano y’amabuye y’agaciro Amerika yagiranye na RDC n’u Rwanda n’inyungu iyafitemo.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya iby’amasezerano y’amabuye y’agaciro Amerika yagiranye na RDC n’u Rwanda n’nyungu iyafitemo.

You might also like

UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump ntiyasinyishije u Rwanda na Congo amasezerano y’amahoro gusa, kuko kandi ibi bihugu byombi yabisinyijishije amasezerano akomeye yerekeye iby’amabuye y’agaciro mu rwego rwo kugira ngo impande zirebwa naya masezerano zirushyeho gutera imbere.

Aya masezerano yasinywe mu cyumweru gishize, aho bivugwa ko agamije gushyiraho iherezo ry’intambara imaze imyaka myishi mu Burasirazuba bwa Congo
Bivugwa ko aya masezerano ashobora kuba intambwe ikomeye mu kugarura umutekano n’iterambere muri RDC no mu karere kose muri rusange.

Trump asobanura ibi yagize ati: “Amerika izabona uburenganzira bwinshi kuri aya mabuye y’agaciro.”

Ni amasezerano amakuru avuga ko afitiye Amerika akamaro kanini, mu bundi buryo ni intsinzi ikomeye kuri Trump ni mu gihe hari hasazwe hariho uguhangana gukomeye hagati y’igihugu cye n’u Bushinwa ku mabuye y’agaciro. Perezida Trump yari amaze igihe asaba Amerika kugabanya ukwishingikiriza mu kwiteza imbere binyuze mu bushobozi bwa Beijing iyo bakuragamo amabuye y’agaciro. Ibi rero bisa
nk’uko byagenze ku masezerano y’amabuye y’agaciro hagati ya Amerika na Ukraine, uruhare rwa Washington ruzaba igice cyo guhuza no kuba umufatanyabikorwa ku umutekano w’akarere muburyo burambye ku nyungu z’umutekano w’ubukungu bw’Amerika.

U Bushinwa ubu bwaribuyoboye mwikwirakwizwa ry’ibikoresho bikomeye byifashishwa muburyo bw’ingabo, ib’ikorwaremezo by’ingufu z’umuriro n’ikoranabuhanga rihanitse, nk’uko Newsweek yabitangaje. Congo ifite uruhare runini muri uyu murongo w’itangwa ry’ibikoresho kw’ isoko mpuzamahanga.

Mu mwaka wa 2024 Congo ni yo yatanze Cobalt cyane kurusha ibindi bihugu ku isi, ikaba yartanze hafi 70 ku ijana by’umusaruro mpuzamahanga. Kinagira kandi ibipimo by’icyizere bingana na 60 ku ijana by’ibirimo Coltan, ibuye ryagaciro ry’ingenzi mu gukora capacitors zikoreshwa mu matelefoni, imodoka z’amashanyarazi n’izindi mashini.

Ibyo Ugomba Kumenya:

Ku wa Gatanu ushize, Trump yavuze ko Congo n’u Rwanda byasinye aya masezerano hagamijwe guhagarika amakimbirane y’intambara mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya RDC no mu karere. Nyuma ngo hakazakurikiraho uburyo bwo guhuza ubukungu bw’akarere mu byiciro” kugira ngo ibihugu byombi bifashe mu kwagura ubucuruzi mpuzamahanga n’ishoramari mu nganda z’ibarizwa muri ibi bihugu.

Ibihe by’ibibazo by’intambara bimaze imyaka myinshi muri iki gihugu cya RDC gikungahaye ku mabuye y’agaciro kurusha ibindi ku isi, intambara yakibayemo yatumye hapfa abantu miliyoni irenga. Amatsinda y’imitwe yitwaje intwaro akibarizwamo arenga 100 yagiye ahangana cyane mu bice bitandukanye byo mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Trump yagize ati “Nashoboye kubahuza, kandi si ibyo gusa, tugiye kubona uburegazira busesuye ku mabuye y’agaciro ari muri Congo. Abaturanyi baribafitanye amakimbirane bemeye kuyahagarika, no kudashigikira imitwe yitwaje intwaro no guharanira kugeza abaturage ku mutekano urambye.”

Uyu mukuru wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika akomeza agira ati: “Ibi bihugu bizafata ingamba zose zishoboka kugira ngo hamenyekane ko amatsinda yose yatezaga intambara ari mu gice cy’uburasirazuba yasenywe burundu.”

Icyegeranyo cyasohowe na Carnegie Endowment for International Peace mu kwezi kwa gatatu, cyavuze ko Congo irigutanga uburyo bwo kugera ku bukungu bwayo mu rwego rwo kugarura amahoro n’umutekano mu gihugu.

Iyi ntambwe, yafashwe mu gihe hari guhangana gukomeye hagati ya Amerika n’u Bushinwa ku mabuye y’agaciro akomeye, igamije gushishikariza Washington kugira uruhare runini mu kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC.

Neema yagaragaje ko nubwo u Bushinwa bufite ibirindiro byabwo mu birombe bikomeye bya Congo, ariko ngo ntibibuza ko Perezida w’iki gihugu, Félix Tshisekedi agamije gufasha Trump kugera ku ntego ebyiri z’ingenzi muri politike mpuzamahaga y’igihugu cye cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika: “kubona uburyo bwo kugera ku mabuye y’agaciro akomeye no kugabanya ikwirakwizwa ry’u Bushinwa mu murongo w’ibikenerwa by’amabuye y’agaciro.”

Ryan Kiggins, Umwarimu mu by’ubumenyi bwa politiki muri kaminuza ya Central Oklahoma, yavuze ko kuba Beijing iyoboye mu rwego rw’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro ari ikibazo gikomeye kuri Amerika, yishigikiriza cyane ku mutungo wayo. Kuba u Bushinwa buyoboye ku m’abuye y’agaciro adasanzwe bigira ingaruka zikomeye kuri Amerika.

Raporo nshya y’ikigo cy’Amerika gishinzwe ubushakashatsi ku mabuye y’agaciro ivuga ko hafi 70 ku ijana by’ibicuruzwa by’aya mabuye y’agaciro adasanzwe byinjira muri Amerika bivuye mu Bushinwa. Ibyo ngo bigatanga ubushobozi bwinshi ku Bushinwa, ariko bikaba ari ikibazo gikomeye kuri Amerika yaba m’ubucuruzi, mu bya gisirikare cyangwa n’ibya politiki.”

N’iki gikurikira?

Nk’uko Reuters ibivuga, amasezerano yasinywe n’u Rwanda na Congo ku byamabuye y’agaciro azagabanya ibyago mu by’ubucukuzi bwayo, kuko bazashyiraho imiyoboro mishya mu bufatanye na Amerika kandi muburyo bunogeye iki gihugu n’abashoramari bacyo.

Tags: Amabuye y'AgaciroAmasezeranoAmerikaInyunguRdcRwanda
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC

UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC Ingabo za Uganda (UPDF) ziri mu bikorwa bihuriweho byo kurwanya umutwe w’iterabwoba wa...

Read moreDetails

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho Mu biganiro by’ubufatanye hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura Mu minsi mike ishize yo muri uyu mwaka wa 2026, mu gace ka Musaga...

Read moreDetails

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Amayobera ku Rupfu rw’Umuyobozi wo muri Guverinoma i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi Amakuru atandukanye yatangajwe ku rupfu rwa Gabby Bugaga, wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, akomeje guteza impaka zikomeye....

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uri no ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze...

Read moreDetails
Next Post
Intambara ibera muri Ukraine, yatumye perezida Macro avugana na Putin anamugaragariza uruhande ashyigikiye.

Intambara ibera muri Ukraine, yatumye perezida Macro avugana na Putin anamugaragariza uruhande ashyigikiye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?