Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Moïse Katumbi, utemera ibya vuye mu matora, yabwiye abanyekongo ko “umwijima uri muri RDC ufite igihe cyabo.”

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 10, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Moïse Katumbi Chapwe, utemera ibya vuye mu matora aheruka kuba muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yatangarije Abaturage ba RDC, ko umwijima ugira igihe cyawo bityo rero ko no muri Congo uzashira.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

N’ibyo yatangaje nyuma y’uko tariki ya 08/01/2024, Urukiko rurengera itegeko Nshinga muri RDC, rwa tangaje ko Félix Tshisekedi, yatsinze amatora yo kw’itariki ya 20/12/2023. Mu mpera z’u kwezi kwa 12, CENI, yatangaje ko Tshisekedi yatsindanye amajwi angana na 73, 47%, aho Moïse Katumbi, yaje ku mwanya wa kabiri n’amajwi 18%.

Abatemera ibya vuye mu matora harimo na Moïse Katumbi, banenze komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora ndetse bayishinja gukora iby’uburiganya, ba bitegetswe n’ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi.

Moïse Katumbi, ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wo k’uwa Gatatu, tariki ya 10/01/2024, yakoresheje urubuga rwe, rwa X, maze agira ati: “N’ibyiza ko abaturage bo mu Gihugu cyacu, ba menya ko umwijima utazahora mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo. Haricyo mutazi hari mbaraga z’umwijima ziri muri iki Gihugu kandi zishimira mu mayeri zikoresha, ariko mba mbwire benewacu ntimwihebe, kuko abakoresha uwo mwijima bazi neza ko hari uzabarwanya akabatsinda.”

Katumbi yunzemo kandi ati: “Umwaka w’2018 ntuzahwana n’uwa 2023. Imana izabohora iki Gihugu binyuze muri twe, ikindi n’uko ingingo ya 64 izakurikizwa.”

Ibi kandi byunzwemo na Dr Denis Mukwege, nawe wari mubahiganwe muri ay’amatora na Perezida Félix Tshisekedi, aho yagize ati: “Uruhare rwanjye nara rukoze, nditoza, Abaturage nabo bakoze ibyabo bi bareba baradutora, ariko ikibabaje ni ruswa yamaze kumunga bamwe muri iki Gihugu. Uburiganya ntibuzahoraho muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, harigihe ibi bizashira, tubyitege.”

Bruce Bahanda.

Tags: Moïse KatumbiUmwijima ufite Igihe cyawo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post

Ubuyobozi bw'u mutwe wa M23, bwa maganye bwivuye inyuma Radio Okapi, y'u muryango w'Abibumbye,ikorera muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?