• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 18, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu rugamba rwirije umunsi wose mu Bibogobogo, Wazalendo yaruvugutiwemo umuti.

minebwenews by minebwenews
March 3, 2025
in Regional Politics
0
I Kilembwe ingabo za Fardc ntizitsa umwuka munda, naho Bibogobogo hatewe
102
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu rugamba rwirije umunsi wose mu Bibogobogo, Wazalendo yaruvugutiwemo umuti.

You might also like

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Abasore Babanyamulenge ibitero by’imitwe y’abarwanyi bo muri Wazalendo bagabweho mu Bibogobogo babashe ku bisubiza inyuma, nyuma y’urugamba rukomeye rwirije umunsi wose wo kuri uyu wa mbere tariki ya 03/03/2025.

Ni ibitero aba basore Babanyamulenge bo mu Bibogobogo bazindukiyeho, aho Wazalendo babibagabyeho baturutse inzira zine.

Hari igitero cyaturutse inzira ya Lweba, iya Kagugu, Kalele n’ikindi cyaturutse i Baraka ahatuwe n’Ababembe babarirwa mu bihumbi amagana. Izi nzira zose umwanzi w’Abanyamulenge yaturutsemo abagabaho ibyo bitero, yabashe gusubizwa inyuma wese.

Minembwe.com yamenye neza ko uru rugamba rwabaye uyu munsi mu Bibogobogo rwirije umunsi wose, kuko rwatangiye igihe c’isaha ya saa moya n’igice z’igitondo, rusoza saa kumi nebyiri zuzuye z’umugoroba ku masaha ya Minembwe na Bukavu mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Umwe mu Banyamulenge babashe gusubiza ibyo bitero inyuma yahamije ko umwanzi wabo bamwirukanye, kandi ko yahatakarije benshi.

Ati: “Twazindukiye ku isasu, tugeza umugoroba. Ariko igishimishije adui twamushubije inyuma wese, kandi yatakaje.”

Yongeyeho kandi ati: “Icyo tutazi ni ejo, ashobora kongera akagaruka, ariko uwanone twamukubise. Nubwo yatwitse amazu.”

Iyo mirwano kandi yabereye mu Mikenke aho Twirwaneho yagabweho ibitero n’ingabo z’u Burundi iza Congo n’imitwe irimo FDLR na Wazalendo.

Ahandi Twirwaneho yiriwe ihanganye na Wazalendo ni mu majy’epfo ya Minembwe.
Gusa, amakuru ava muri ibyo bice byose avuga ko Twirwaneho yirwanyeho isubiza inyuma ibitero byose, ndetse ko yanafashe n’iminyago irimo ibikoresho bya gisirikare birimo imbunda n’ibindi bikoresho by’itumanaho.

Tags: BibogobogoMikenkeumutiWszalendo
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails
Next Post
Yategetswe kwicyukurira imva barangije bayimuhambamo, ibirimo kuba ku Banyamulenge.

Yategetswe kwicyukurira imva barangije bayimuhambamo, ibirimo kuba ku Banyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?