• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 12, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Joe Biden, yashimiye umukuru w’igihugu ca Angola, kuruhare yagize rwo kugarukana amahoro mu Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
December 1, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu ca Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yashimiye perezida João Lorenço wa Angola kuba ngo yaragize uruhare runini mu gushakira u Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokorasi ya Congo amahoro.

You might also like

Byinshi ku Rugendo Perezida Tshisekedi Yagiriye i Lomé

U Rwanda Rwongeye Gushyigikira Mushikiwabo ku Mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’OIF

Burundi: Indwara Idasanzwe Yagaragaye kwa perezida Evariste Ndayishimiye

Perezida wa Angola João Lorenço, asanzwe ari umuhuza ku makimbirane y’intambara mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokorasi ya Congo. Asanzwe kandi akuriye na International Conference Region(CIRGL). Uy’u Mukuru w’igihugu ca Angola yagiye azana nu buryo bushya bwoguhuza u Rwanda n’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi wa RDC, n’imugihe ibi bihugu byombi byagiye birangwa no kugirana umwuka mubi ahanini ushingiye ku ntambara yo mu Burasirazuba bwa RDC aho Kinshasa ishinja Kigali gushigikira M23 ibyo Kigali yagiye itera utwatsi hubwo Kigali igashinja ubutegetsi bwa Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda mu mwaka w’ 1994.

Nk’uko bigaragara i Gihugu cya Repubulika ya Angola cyagiye kiberamo i Nama zigamije kugarukana amahoro mu Burasirazuba bwa RDC. Zari i Nama ahanini ziteguwe nu muryango w’Afrika y’iburasirazuba (EAC) n’u muryango w’Afrika y’Amajy’epfo SADC ndetse n’indi miryango itandukanye.

Muntangiriro z’iki Cyumweru, kandi uhagarariye umuryango w’u bumwe bw’Afrika Moussa Faki na Antonio Guterres uyoboye u muryango w’Abibumbye, bahuriye i New York aho barimo barebera hamwe ikibazo cy’u mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokorasi ya Congo.

Muribyo biganiro bagiranye, nabo ubwabo bashimiye leta Zunze ubumwe za Amerika kuba baragize uruhare runini kugira u mwuka mubi wari hagati ya RDC n’u Rwanda uhagarare, ni mugihe uhagarariye ubutasi bw’Amerika aheruka gukorera urugendo i Kinshasa na Kigali, rwari uruzinduko rugamije guhosha amakimbirane arihagati ya Kinshasa na Kigali.

Bariya bayobozi Moussa Faki na Antonio Guterres bari i New York, nabo bashimiye u butegetsi bwa Luanda kuba baragize uruhare mukugarura Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC.

Gusa kugeza ubu u Burasirazuba bwa RDC buracarimo imirwano hagati y’ihuriro ry’ingabo za Kinshasa n’u mutwe wa M23, aho no kumunsi w’ejo hashize tariki 30/11/2023, mu bicye byo muri teritware ya Masisi habaye guhangana gukaze kumpande zihanganye. Bikaba bizwi ko teritware ya Masisi na Rutsuru bitazabamo Amatora ategerejwe kuba mu mpera z’u kwezi kwa Cumi nabiri, nk’uko byanatangajwe na perezida Félix Antoine Tshisekedi.

Kuba u Burasirazuba bwa RDC bautazageramo Amatora biva ku mutekano wakomeje kuba ndanze.

Bruce Bahanda.

Tags: Kuba yaragize uruhare runini rwo kugarukana amahoro mu Burasirazuba bwa RDCPerezida wa Angola yashimiye n'u Mukuru wa leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Byinshi ku Rugendo Perezida Tshisekedi Yagiriye i Lomé

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Byinshi ku Rugendo Perezida Tshisekedi Yagiriye i Lomé

Byinshi ku Rugendo Perezida Tshisekedi Yagiriye i Lomé Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakomeje urugendo rwe rwa dipolomasi muri Afurika, agera muri Repubulika...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gushyigikira Mushikiwabo ku Mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’OIF

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gushyigikira Mushikiwabo ku Mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’OIF

U Rwanda Rwongeye Gushyigikira Mushikiwabo ku Mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’OIF Mu itangazo ryasohowe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, U Rwanda rwatangaje ko rusubije gutanga Louise...

Read moreDetails

Burundi: Indwara Idasanzwe Yagaragaye kwa perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Burundi: Indwara Idasanzwe Yagaragaye kwa perezida Evariste Ndayishimiye

Burundi: Indwara Idasanzwe Yagaragaye kwa perezida Evariste Ndayishimiye Mu gace ka Gihungwe, gaherereye muri zone Gihanga, komine Mpanda mu ntara ya Bujumbura, haravugwa ukwiyongera kw’abaturage bafashwe n’indwara itaramenyekana,...

Read moreDetails

UPDF Yakajije Umutekano i Kampala mu Myiteguro y’Amatora, Abaturage Barahumurizwa

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
UPDF Yakajije Umutekano i Kampala mu Myiteguro y’Amatora, Abaturage Barahumurizwa

UPDF Yakajije Umutekano i Kampala mu Myiteguro y’Amatora, Abaturage Barahumurizwa Umuvugizi w’agateganyo w’Ingabo za Uganda (UPDF), Colonel Chris Magezi, yemeje ko umutekano watangiye gukazwa mu Murwa Mukuru Kampala,...

Read moreDetails

Perezida Museveni Yashimye Politiki ya Trump yo Gukumira Abimukira, Ayita Isomo rikomeye kuri Afurika

by Bahanda Bruce
January 11, 2026
0
Perezida Museveni Yashimye Politiki ya Trump yo Gukumira Abimukira, Ayita Isomo rikomeye kuri Afurika

Perezida Museveni Yashimye Politiki ya Trump yo Gukumira Abimukira, Ayita Isomo rikomeye kuri Afurika Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yashimye icyemezo cya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe...

Read moreDetails
Next Post

Umuvugizi wa M23 mu byagisirikare, yanyomoje amakuru avuga ko biyambaje Abacanshuro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?