Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Lowrenco yagize icyo avuga kwisubikwa ry’ibiganiro ndetse avuga n’ikigiye gukurikiraho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 20, 2025
in Regional Politics
0
Iby’imishikirano ya RDC n’umutwe wa m23 i Luanda.
94
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Lowrenco yagize icyo avuga kwisubikwa ry’ibiganiro ndetse avuga n’ikigiye gukurikiraho.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ubutegetsi bwa Leta ya Angola bwatangaje ko buzakora ibishoboka byose kugira ngo hazabe ibiganiro hagati ya Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’umutwe wa m23 uyirwanya.

Ni ibiganiro by’imishikirano byari kuba byarabaye hagati ya Congo na m23, tariki ya 18/03/2025, ariko biza gusubikwa mu buryo butunguranye, nyuma y’aho m23 itangaje ko itakicyitabiriye ibiganiro, ngo kuko bamwe mu bayobozi bayo bafatiwe ibihano n’umuryango w’ubumwe bw’u Burayi.

Nyuma Angola yashyize hanze itangazo imenyesha ko ibi biganiro byari biteganyijwe kuba ku wakabiri ushyize, byasubitswe ku mpamvu itunguranye.

Nanone itangazo ryayo rikomeza rivuga ko Angola, nk’umuhuza izakomeza gushyira imbaraga zishoboka zose kugira ngo iyi nama izabe mu gihe gikwiye, kandi ishimangira ko ibiganiro ari yo nzira yonyine yatanga igisubizo kirambye cy’amahoro mu Burasizuba bwa Congo.

Ni mugihe kandi ikiganiro giheruka guhuza perezida Felix Tshisekedi wa Congo na perezida Paul Kagame w’u Rwanda i Doha muri Qatar, aba bakuru b’ibihugu byombi bemeje ko hakenewe inzira y’ibiganiro hagati ya Congo n’umutwe wa m23 kugira ngo hashakwe umuti w’amakimbirane ari mu Burasizuba bw’iki gihugu cya RDC.

Ni ibiganiro byari biyobowe n’umuyobozi w’ikirenga wa Qatar, Sheikh Termin Bin Hamad Al Thani, aho aba bakuru b’ibihugu bemezanyije kandi gushaka umuti w’ikibazo cya FDLR, urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, kugira ngo iki gihugu cyizere ko nta mbogamizi zagihungabanyiriza umutekano.

Tags: AngolaibiganiroLowrenco
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Iby’ikiganiro Tshisekedi yagiranye n’intumwa idasanzwe ya LONI.

Tshisekedi yavuze ku biganiro byamuhuje na Kagame i Doha muri Qatar, agira n'icyo avuga kuri FDLR.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?