Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Lowrenco yagize icyo avuga kwisubikwa ry’ibiganiro ndetse avuga n’ikigiye gukurikiraho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 20, 2025
in Regional Politics
0
Iby’imishikirano ya RDC n’umutwe wa m23 i Luanda.
94
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Lowrenco yagize icyo avuga kwisubikwa ry’ibiganiro ndetse avuga n’ikigiye gukurikiraho.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ubutegetsi bwa Leta ya Angola bwatangaje ko buzakora ibishoboka byose kugira ngo hazabe ibiganiro hagati ya Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’umutwe wa m23 uyirwanya.

Ni ibiganiro by’imishikirano byari kuba byarabaye hagati ya Congo na m23, tariki ya 18/03/2025, ariko biza gusubikwa mu buryo butunguranye, nyuma y’aho m23 itangaje ko itakicyitabiriye ibiganiro, ngo kuko bamwe mu bayobozi bayo bafatiwe ibihano n’umuryango w’ubumwe bw’u Burayi.

Nyuma Angola yashyize hanze itangazo imenyesha ko ibi biganiro byari biteganyijwe kuba ku wakabiri ushyize, byasubitswe ku mpamvu itunguranye.

Nanone itangazo ryayo rikomeza rivuga ko Angola, nk’umuhuza izakomeza gushyira imbaraga zishoboka zose kugira ngo iyi nama izabe mu gihe gikwiye, kandi ishimangira ko ibiganiro ari yo nzira yonyine yatanga igisubizo kirambye cy’amahoro mu Burasizuba bwa Congo.

Ni mugihe kandi ikiganiro giheruka guhuza perezida Felix Tshisekedi wa Congo na perezida Paul Kagame w’u Rwanda i Doha muri Qatar, aba bakuru b’ibihugu byombi bemeje ko hakenewe inzira y’ibiganiro hagati ya Congo n’umutwe wa m23 kugira ngo hashakwe umuti w’amakimbirane ari mu Burasizuba bw’iki gihugu cya RDC.

Ni ibiganiro byari biyobowe n’umuyobozi w’ikirenga wa Qatar, Sheikh Termin Bin Hamad Al Thani, aho aba bakuru b’ibihugu bemezanyije kandi gushaka umuti w’ikibazo cya FDLR, urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, kugira ngo iki gihugu cyizere ko nta mbogamizi zagihungabanyiriza umutekano.

Tags: AngolaibiganiroLowrenco
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Iby’ikiganiro Tshisekedi yagiranye n’intumwa idasanzwe ya LONI.

Tshisekedi yavuze ku biganiro byamuhuje na Kagame i Doha muri Qatar, agira n'icyo avuga kuri FDLR.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?