• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 16, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Tshisekedi yavuze ku biganiro by’i Doha n’ibya Washington

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 8, 2025
in Regional Politics
0
Perezida Tshisekedi ashinja u Rwanda kuyobora intambara y’ibidukikije mu Burasirazuba bwa RDC
70
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Tshisekedi yavuze ku biganiro bya Doha n’ibya Washington

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yatangaje ko ibiganiro bigamije gushakira amahoro u burasirazuba bw’igihugu cye, birimo ibibera i Doha n’ i Washington DC, bigiye kugera ku musozo mwiza.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Yabitangaje tariki ya 7/11/ 2025, ari i Belém mu gihugu cya Brésil, aho yitabiriye inama ya COP30 yiga ku mihindagurikire y’ibihe. Mu butumwa yagejeje ku Banye-Congo baba muri Brésil, Tshisekedi yavuze ko ari hafi gutangaza intsinzi ikomeye ku biganiro bimaze igihe bibera muri Qatar no muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Yagize ati: “Nshimishijwe no kubamenyesha ko ibiganiro by’i Doha n’i Washington bigiye kurangira mu minsi mike iri imbere.”

Ibi yabivuze mu rurimi rw’ilingala, mu rwego rwo kugaragaza icyizere ku rugendo rwo kugarura amahoro mu ntara zirimo intambara z’urudaca mu burasirazuba bwa Congo, cyane cyane mu Ntara ya Ituri, Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo.

Nubwo atigeze atangaza amakuru arambuye ku byamaze kumvikanwaho cyangwa ku masezerano yemeranyijweho muri ibyo biganiro, iyi mvugo ye ishimangira ko hari intambwe ikomeye yatewe mu biganiro byatangiye mu mezi ashize.

Ibiganiro bya Doha na Washington byagiye biba mu bihe bitandukanye, bigahuza ubutegetsi bwa Kinshasa n’umutwe wa M23 ku buhuza bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Qatar ndetse n’umuryango wa Afrika Yunze ubumwe n’ibihugu byo mu karere nk’u Rwanda, mu rwego rwo gushakira umuti urambye ikibazo cy’umutekano muke umaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa RDC.

Perezida Tshisekedi n’ubuyobozi bwe bamaze iminsi bihutisha ibikorwa bya dipolomasi no gusaba ubufasha mpuzamahanga ngo harangizwe intambara zifitanye isano n’umutwe witwaje intwaro, wa M23 n’indi myinshi.

Tags: DohaibiganiroTshisekediWashington

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Umutekano wagarutse mu misozi y’i Mulenge nyuma yaho Twirwaneho ikubise ahababaza Ingabo z’u Burundi n’iza RDC

Ingabo z’u Burundi na FARDC zagabye ibitero ku baturage b’Abanyamulenge i Mulenge

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Uvira : La visite du député Justin Bitakwira suscite des réactions contrastées
  • Décès de Manassé Lomboto après les manifestations de C64 : ce qu’annonce sa famille
  • Urupfu rwa Manassé Lomboto Nyuma y’Imyigaragambyo ya C64: Ibyatangajwe n’Umuryango we
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?