• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida w’u Burundi yongeye kuvuga amagambo ashotora u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
May 1, 2025
in Regional Politics
0
Perezida w’u Burundi yongeye kuvuga amagambo ashotora u Rwanda.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u Burundi yongeye kuvuga amagambo ashotora u Rwanda.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yatangaje ko afite amakuru yuko u Rwanda rufite umugambi wo gutera igihugu cye.

Yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’umunyamukuru wa televisiyo ya France 24.

Muri ikiganiro yabwiye uriya munyamakuru ko afite amakuru ahagije yuko u Rwanda rwenda ku mutera.

Yagize ati: “Dufite amakuru, tuzi uwo mugambi, kandi hari ibimenyetso. Ibimenyetso dufite mbere na mbere nuko bacumbikiye abagize uruhare muri Coup d’etat yo mu mwaka wa 2015 bafite umugambi wo gutera igihugu cyacu.”

Yakomeje avuga ati: “Turabazi ko bashobora kubifashisha nk’uko bifashisha M23 muri RDC bayita Abanye-Congo. Bafite umugambi wo gukoresha abagize uruhare muri Coup d’etat yo muri 2015 babita Abarundi, nyamara mu by’ukuri ari u Rwanda rwaduteye.”

Yanagaragarije uriya munyamakuru wa televisiyo France 24 ko batewe impungenge no kuba u Rwanda nta bushake rufite rwo gushyikiriza u Burundi bariya bagerageje guhirika ubutegetsi bwa perezida Nkurunziza ngo bashyikirizwe ubutabera, gusa agaragaza ko mu gihe intambara izaba yahagaze muri RDC, bizagora u Rwanda guhita rutera u Burundi.

Ndayishimiye avuga kandi ko u Burundi buzakomeza kuba maso kugeza igihe buzabonera ibihamya by’uko u Rwanda nta mugambi mubisha rufitiye u Burundi.

Ibyo abikoze mu gihe kandi m’ukwezi gushize ubwo yagiranaga ikiganiro na BBC, yavuze ko afite amakuru yuko u Rwanda rwenda gutera igihugu cye, ariko icyo gihe aburira u Rwanda ko nirushima gutera i Bujumbura runyuze muri RDC, nawe azatera i Kigali anyuze mu Kirundo.

Ariko nyamara ntacyo u Rwanda rurasubiza kubyatangajwe na Ndayishimiye, nk’uko rwabikoze mbere ubwo Makolo umuvugizi w’u Rwanda yatangazaga ko batangajwe n’ibyatangajwe na perezida Ndayishimiye.

Avuga ko Ndayishimiye amagambo ye abangamiye ibiganiro byarimo guhuza inzego z’umutekano z’u Burundi n’iz’u Rwanda. Ibi biganiro bikaba byari bigamije kurebera hamwe uko umutekano w’imipaka w’ibihugu byombi warushaho kurindwa.

Umubano w’u Burundi n’u Rwanda wajemo agatotsi mu mpera z’umwaka ushize ubwo iki gihugu cyigituranyi cyarushinjaga guha ubufasha umutwe wa Red-Tabara urwanya ubutegetsi bw’i Gitega.

Kimwecyo na mbere yuriya mwaka u Burundi bwohereje ingabo zabwo muri RDC kurwanya M23, aho ziwurwanya zifatanyije n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda na Wazalendo ndetse n’ingabo za Fardc.

Uretse nibyo, hari ubundi Ndayishimiye yumvikaniye i Kinshasa atangaza ko azatera i Kigali akoresheje urubyiruko rw’Abanye-Congo n’urw’Abanyanda ngo bagukuraho ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame.

Tags: IgiteroU BurundiU Rwanda
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Abantu babiri bishwe barashwe i Uvira muri iri joro.

Hamenyekanye icyongeye gutuma Wazalendo basubiranamo na FARDC i Uvira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?