• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, August 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

RDC: Imyaka 7 y’Ubuyobozi bwa UDPS Yaranzwe n’Ibyiringiro Bike n’Ubukene ku Baturage

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
January 22, 2026
in Conflict & Security
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC
64
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC: Imyaka 7 y’Ubuyobozi bwa UDPS Yaranzwe n’Ibyiringiro Bike n’Ubukene ku Baturage

You might also like

RDC: Guverinoma Yemeje ko AFC/M23 na MRDP-Twirwaneho Batazitabira Ibiganiro by’Igihugu, Ese Bizatanga Umusaruro?

RDC: Guverinoma Itangiye Gushishikariza Abavuye mu Byabo Gutahuka, Mu Gihe Tshisekedi Agihanganye n’Ibibazo Bikomeye by’Umutekano n’Imiyoborere

Umutekano Uvugwa ko Wazamutse mu Minembwe Nyuma y’Impinduka za Gisirikare; Drone Yongeye Kumvikana mu Bice byo Kwa Mulima

Nyuma y’imyaka irindwi Ishyaka rya Union pour la Démocratie et le Progrès Social (UDPS) rimaze riyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, iri shyaka rya Perezida rirushaho kunengwa n’abaturage ndetse n’abasesenguzi, rishinjwa kuba ryaraciye ukubiri n’amasezerano ryari ryaratanze no kuba ryarigiye kure y’ukuri kw’imibereho ya buri munsi y’abaturage.

Mu mwaka wa 2019, UDPS yatsindiye amatora maze ifata ubuyobozi bw’igihugu, ishyiraho icyizere gishingiye ku magambo y’impinduka n’isezerano ryo gushyira umuturage ku isonga. Mu ntangiriro z’ubutegetsi bwayo, intego nyamukuru yari uguhindura imiyoborere no gushyira mu bikorwa ibyo yari yarijeje abaturage. Nyamara, nyuma y’imyaka irindwi, isesengura rikomeje gukorwa n’abaturage ndetse n’inzobere mu by’ubukungu n’imibereho myiza rigaragaza icyuho kinini hagati y’amagambo yatangajwe n’ibikorwa byagezweho.

Abasesenguzi benshi bagaragaza ko imvugo z’ubuyobozi zigaragara cyane kurusha ibikorwa bifatika. Perezida akunze kuvuga byinshi, ariko ibisubizo bifatika ku bibazo byugarije abaturage bigakomeza kubura. Ibi byatumye itangazamakuru rya politiki ryiyongera, mu gihe impinduka zifite icyo zifasha abaturage mu mibereho, mu mutekano no mu butabera zigikomeje kuba nke cyangwa zitabonetse uko byari byitezwe.

Slogan ya UDPS igira iti “Abaturage mbere” ubu isa n’iyatakaje igisobanuro. Bamwe mu baturage n’abasesenguzi bavuga ko yahindutse imvugo ya politiki itagira ishingiro, aho abaturage bashyirwa ku ruhande bagasigara bibagiranye mu nyungu n’ibyishimo by’abari ku butegetsi.

Ahubwo gushyira abaturage imbere, abatavuga rumwe n’ubutegetsi bavuga ko UDPS yerekeje politiki yayo mu kwita cyane ku mutungo n’inyungu z’abayobozi kurusha ibyifuzo by’abaturage. Igihe yari mu opozisiyo, iri shyaka ryavugaga ko rizaharanira imibereho myiza y’abakozi b’inzego z’umutekano, rikanasezeranya ko umupolisi wese azahabwa imodoka n’ubuzima buboneye.

Uyu munsi ariko, umupolisi ahembwa umushahara ugera ku mafaranga 160,000 y’amafaranga ya Congo ku kwezi, umushahara udahagije gutuma abaho mu cyubahiro. Muri icyo gihe, Perezida n’abamukikije bakomeje gushinjwa kubona amafaranga y’agatangaza angana na za miliyoni z’amadolari, ibintu byarushijeho kwagura icyuho kiri hagati y’abayobozi n’abaturage basanzwe.

Nyuma y’imyaka irindwi y’ubuyobozi, UDPS igenda igaragaza isura itandukanye n’iyo yari yarijeje abaturage, aho icyizere hagati y’abaturage n’ubutegetsi cyasenyutse bikomeye. Ikibazo gikomeye kiri imbere ni iki: abaturage bazakomeza kugeza ryari kwizera amasezerano adafite ibisubizo bifatika kandi atagaragaza icyerekezo cy’igihe kirekire?

Tags: TshisekediUDPS
Share26Tweet16Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

RDC: Guverinoma Yemeje ko AFC/M23 na MRDP-Twirwaneho Batazitabira Ibiganiro by’Igihugu, Ese Bizatanga Umusaruro?

by Bahanda Bruce
August 7, 2026
0
RDC: Guverinoma Yemeje ko AFC/M23 na MRDP-Twirwaneho Batazitabira Ibiganiro by’Igihugu, Ese Bizatanga Umusaruro?

RDC: Guverinoma Yemeje ko AFC/M23 na MRDP-Twirwaneho Batazitabira Ibiganiro by'Igihugu, Ese Bizatanga Umusaruro? MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko ibiganiro...

Read moreDetails

RDC: Guverinoma Itangiye Gushishikariza Abavuye mu Byabo Gutahuka, Mu Gihe Tshisekedi Agihanganye n’Ibibazo Bikomeye by’Umutekano n’Imiyoborere

by Bahanda Bruce
August 6, 2026
0
RDC: Guverinoma Itangiye Gushishikariza Abavuye mu Byabo Gutahuka, Mu Gihe Tshisekedi Agihanganye n’Ibibazo Bikomeye by’Umutekano n’Imiyoborere

RDC: Guverinoma Itangiye Gushishikariza Abavuye mu Byabo Gutahuka, Mu Gihe Tshisekedi Agihanganye n'Ibibazo Bikomeye by'Umutekano n'Imiyoborere MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC)...

Read moreDetails

Umutekano Uvugwa ko Wazamutse mu Minembwe Nyuma y’Impinduka za Gisirikare; Drone Yongeye Kumvikana mu Bice byo Kwa Mulima

by Bahanda Bruce
August 5, 2026
0
Umutekano Uvugwa ko Wazamutse mu Minembwe Nyuma y’Impinduka za Gisirikare; Drone Yongeye Kumvikana mu Bice byo Kwa Mulima

Umutekano Uvugwa ko Wazamutse mu Minembwe Nyuma y'Impinduka za Gisirikare; Drone Yongeye Kumvikana mu Bice byo Kwa Mulima MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Amakuru Minembwe Capital News yakusanyije aturutse...

Read moreDetails

« Ville Morte » à Uvira, mais le marché de Kiziba a connu une forte affluence : ce que disent les habitants sur les nouvelles conditions de vie à Bijombo

by Bahanda Bruce
August 5, 2026
0
“Ville Morte” i Uvira, Ariko Isoko rya Kiziba Ryaremye neza: Ibyo Abaturage Bavuga ku Mibereho Mishya mu Bijombo

« Ville Morte » à Uvira, mais le marché de Kiziba a connu une forte affluence : ce que disent les habitants sur les nouvelles conditions de vie...

Read moreDetails

“Ville Morte” i Uvira, Ariko Isoko rya Kiziba Ryaremye neza: Ibyo Abaturage Bavuga ku Mibereho Mishya mu Bijombo

by Bahanda Bruce
August 5, 2026
0
“Ville Morte” i Uvira, Ariko Isoko rya Kiziba Ryaremye neza: Ibyo Abaturage Bavuga ku Mibereho Mishya mu Bijombo

"Ville Morte" i Uvira, Ariko Isoko rya Kiziba Ryaremye neza: Ibyo Abaturage Bavuga ku Mibereho Mishya mu Bijombo MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe ibikorwa hafi ya byose...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Gen. Sultani Makenga Yatangaje ko 2026 Uzaba Umwaka w’Intambara Ikomeye mu Rugamba M23 Ivuga ko Rugamije “Kubohora Congo”

RDC: Gen. Sultani Makenga Yatangaje ko 2026 Uzaba Umwaka w’Intambara Ikomeye mu Rugamba M23 Ivuga ko Rugamije “Kubohora Congo”

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?