• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC yatumije ambasaderi wa Uganda i Kinshasa gutanga ibisobanuro ku ifungurwa ry’imipaka.

minebwenews by minebwenews
July 18, 2025
in Regional Politics
0
RDC yatumije ambasaderi wa Uganda i Kinshasa gutanga ibisobanuro ku ifungurwa ry’imipaka.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC yatumije ambasaderi wa Uganda i Kinshasa gutanga ibisobanuro ku ifungurwa ry’imipaka.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Alhajji Kalisa Farid, uhagarariye Uganda muri Repubulika ya demokarasi ya Congo yahamagajwe n’ubutegetsi bw’iki gihugu gutanga amakuru y’uburyo Uganda yafashe icyemezo cyo gufungura imipaka ihuza ibi hugu byombi.

Aha’rejo ku wa kane tariki ya 17/07/2025, ni bwo Kalisa yitabye mu biro bya minisitiri w’ubanye n’amahanga wa RDC, Therese Kayikwamba, baganira ku kibazo Congo ivuga ko giteye inkenke, cyo kuba Uganda yarafunguye imipaka mu bice bigenzurwa na AFC/M23.

Imipaka yafunguye ni uwa i Shasha n’uwa Bunagana. Icyemezo Leta ya Uganda yafashe, RDC ivuga ko cyakabaye impande zombi zarabanje kukiganiraho.

Mu nama ya baminisitiri iheruka i Kinshasa, yemeje ko minisitiri w’ubanye n’amahanga wa RDC akurikirana iki kibazo, maze nyuma RDC igahabwa ibisobanuro byimbitse.

Inzego z’ibanze ku ruhande rwa Uganda zahuye n’izashyizweho na AFC/M23 zifungura imipaka irimo uwa Bunagana, icyo gihe abayobozi ba Uganda bavuze ko byasabwe na perezida Yoweli Kaguta Museveni.

Ni icyemezo cyashimishije abaturage, kuko bahise bavuga ko bagiye kurya ibyabo nta we ubahagaze hejuru.

Mu kiganiro Kayikwamba yagiranye n’uyu ambasaderi wa Uganda, yamugaragarije impungenge igihugu cye cyagize, anavuga ko gifite uburenganzira bwo guharanira ubusugire bwacyo, kandi ko gishaka ubufatanye n’ibindi bihugu by’akarere ariko bushingiye ku bw’ubahane.

Uganda mu buryo bwanditse nta nyandiko ijyanye n’icyemezo cyayo cyo gufungura imipaka mu bice bigenzurwa na AFC/M23 yahaye uruhande rwa Leta ya Congo.

Nyamara iki cyemezo nubwo cyababaje RDC , ariko cyashimishije abayobozi ba AFC/M23, kuko perezida wa M23 yararangije ashimira perezida wa Uganda, ko icyemezo cye kigaragaza ubuyobozi bushishoza.

M23 yafashe uyu mupaka wa Bunagana hagati mu mwaka wa 2021, ubwo uyu mutwe wuburaga imirwano.

Tags: Alhajji kalisaImipakaKayikwambaRdcUganda
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
FARDC n’ingabo z’u Burundi zagabye ibitero mu Banyamulenge.

Ibyabaye ku ngabo z'u Burundi na FARDC mu gitero zagabye mu Rurambo ni agahomeramunwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?