• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, April 21, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Sudan y’Epfo yavuze aho visi perezida afungiwe n’icyo imuziza, ndetse na Uganda igira icyo ivuga kubyo ishinjwa.

minebwenews by minebwenews
March 31, 2025
in World News
0
Ibirimo kuvugwa nyuma y’aho visi perezida wa Sudan y’Epfo atawe muri yombi.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Sudan y’Epfo yavuze aho visi perezida afungiwe n’icyo imuziza, ndetse na Uganda igira icyo ivuga kubyo ishinjwa.

You might also like

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

Abategetsi ba Sudan y’Epfo batangaje ko Riek Machar afungiwe mu rugo iwe, kandi ko bumushinja gushyinga umutwe witwaje intwaro ugamije guhirika ubutegetsi bwa perezida Salva Kiir.

Byatangajwe na minisitiri ushinzwe itumanaho, Michael Makuei, aho yavuze ko iperereza ry’igisirikare cy’iki gihugu ryagaragaje ko Machar yari ari kwegeranya abarwanyi ba SPLA-IO ngo bateze imvururu mu gihugu.

Yagize ati: “Amakuru y’ubutasi n’umutekano agaragaza ko Dr. Riek Machar, yavuganaga n’abayobozi ba politiki n’igisirikare cya SPLM/A-IO abakangurira kugumukana Leta ngo bahungabanye umutekano kugira ngo amatora atabaho ahubwo Sudan y’Epfo isubire mu ntambara.”

Biteganyijwe ko amatora azaba mu kwezi kwa cumi nabiri umwaka wa 2026 ari nayo azaba abaye aya mbere y’umukuru w’igihugu muri iki gihugu cyavutse mu 2011.

Minisitiri w’itumanaho wa Sudan y’Epfo Micheal yashinje kandi Machar kuba inyuma y’ibitero byagabwe n’umutwe wa White Army bigasiga bihitanye abasirikare ba Leta barimo komanda Majur Dak.

Ikindi kandi ashinjwa ni uko tariki ya 25/03/2025 yayoboye ingabo za SPLM/A-IO zinasanzwe mu ngabo za Leta kugaba ibitero kuri bagenzi babo b’ingabo za Sudan y’Epfo banaherewe hamwe imyitozo, bakoherezwa i Tonga, Nyaluak, Wunkur, Whthlel na Rajah.

Ku rundi ruhande, Ingabo za Uganda zirwanira mu kirere ziri muri iki gihugu cya Sudan y’Epfo zirashijwa gutera ibisasu by’ubumara ku birindiro by’uyu mutwe wa White Army muri Leta ya Upper Nile na Jonglei, mu majyaguru y’iki gihugu.

Izi nyeshyamba zimaze iminsi zirwanira n’ingabo za Leta mu bice byaha mu majyaguru zishyigikiwe n’uyu visi perezida Machar Riek uheruka gutabwa muri yombi.

Kimwecyo Uganda ibinyujije mu muvugizi wayo, yahakanye aya makuru ashinja ingabo zayo gutera ibisasu by’ubumara muri ibyo birindiro by’uyu mutwe White Army.

Yagize ati: “Ibivugwa ko ingabo zacyu zakoresheje intwaro z’ubumara, sibyo!”

Avuga ko ibitero izi ngabo zikora biri kw’ibasira ahari ibirindiro birimo abasirikare gusa.

Maze Uganda isaba abakoresha imbuga nkoranyambaga kwirinda guha agaciro ibivugwa ku ngabo zayo; ishimangira ko kuba iri muri Sudan y’Epfo ari uko yabanje kubihererwa uruhushya na Leta y’iki gihugu.

Ubundi kandi ivuga ko ibiri gushinjwa ingabo zayo ari icengezamatwara ry’ifashisha ubwenge bw’ubukorano rigamije kurwanya kuba UPDF iri muri Sudan y’Epfo riri gukorwa na Dr. Riek Machar n’abambari be.

Uyu mugabo Riek Machar asanzwe ari visi perezida wa mbere wa Sudan y’Epfo yafungiwe mu rugo iwe ku ya 26/03/2025, ashinjwa kujya inyuma y’uyu mutwe wa white Army.

Tags: AfungiweMu rugoSudan y'Epfo
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe Nubwo abantu bose bavuka bafite uburenganzira bungana, uko isi ibitaho n’uburyo abayobozi bakomeye bayirindamo biratandukanye cyane. Amakuru mashya ashingiye...

Read moreDetails

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa Mu gihe isi ikomeje guhangayikishwa n’umutekano w’inzira z’ubucuruzi zo ku nyanja, igihugu cya Iran cyongeye gutangaza icyemezo gikomeye cyo gufunga umuhora wa Strait...

Read moreDetails

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida yasibye ifoto yamugaragazaga nka Yesu

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze Mu gihe isi ikomeje gukurikiranira hafi umutekano w’inyanja zifite akamaro kanini mu bucuruzi mpuzamahanga, by’umwihariko Umuhora wa Hormuz, Leta Zunze...

Read moreDetails

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye Perezida wa Brésil, Luiz Inácio Lula da Silva, yatangaje ko politiki ya Perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran Umuhora wa Hormuz ni wo mutima w’ubucuruzi bwa peteroli ku isi, kuko unyuzwamo hafi 20% kugeza kuri 30%...

Read moreDetails
Next Post

Umunyapolitiki uri mu bamaze kubaka izina muri RDC yiyunze kuri M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?