• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Thabo Mbeki, wahoze ari perezida wa Afrika y’Epfo, ntiyumva icyo abasirikare b’igihugu cye bari gupfira muri RDC mu gihe M23 ibyo irwanira byumvikana.

minebwenews by minebwenews
February 17, 2024
in Regional Politics
1
Thabo Mbeki, wahoze ari perezida wa Afrika y’Epfo, ntiyumva icyo abasirikare b’igihugu cye bari gupfira muri RDC mu gihe M23 ibyo irwanira byumvikana.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu gihugu cya Afrika y’Epfo, uwahoze ari perezida w’icyo gihugu Thabo Mbeki, ntiyumva impamvu ingabo z’i gihugu cye ziri gupfira muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

N’ibyo Thabo Mbeki yatangaje ku wa Gatanu, nyuma y’umunsi umwe igisirikare cya Afrika y’Epfo gitangaje ko ba biri mu ngabo zabo bo herejwe muri RDC bishwe n’igisasu cyatewe mu birindiro byabo, mu gihe batatu bo batangaje ko bakomeretse.

Akaba yarabitangaje ubwo yaganiraga na banyamakuru ba Television ya SABC.

Uyu wahoze avuga rikijana muri Afrika y’Epfo, Thabo Mbeki yagaye umwanzuro igihugu cye cyafashe hamwe n’uwumuryango wa Afrika y’Amajy’epfo (SADC), wo kohereza abasirikare mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC kuja kurwana n’u mutwe wa M23.

Thabo Mbeki yatangaje ko ibibazo by’u mutekano muke mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo biza kemurwa n’ibiganiro bya politike aho kuba igisubizo cya gisirikare.

Yagize ati: “Igisubizo cya kiriya kibazo mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC, ni icya politiki giterwa n’uko Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo igomba kwemera ko abaturage bose ba Congo ari abenegihugu. Ni inshingano z’ubutegetsi bwa RDC ku barinda bose.”

Thabo Mbeki kandi yavuze ko impamvu M23 irwanira zumvikana, bityo ko icya ngombwa ari ugushakira ibisubizo izo mpamvu.

Ati: “M23 uwaba ayiri inyuma wese ariko impamvu zayo ni ingenzi cyane kuko hari igice cy’abaturage ba Congo badafite kirengera guhera mu bihe bya kera kuri Mobutu wavuze ko Abanyamulenge atari abanyekongo ko ahubwo ari Abanyarwanda.”

Uyu muyobozi yashimangiye ko leta ya Kinshasa icyo igomba gushira imbere ari ukwirinda kuvangura abaturage bose bari k’u butaka bwayo, kuko imipaka ibihugu bya Afrika bifite yose nta ruhare Abanyafrika bagize mu kuyishiraho.

Yagize ati: “Imipaka yashizweho n’abakoloni, ibyo umuryango wa Afrika Yunze ubumwe wemeje guhera ushingwa ko imipaka iguma uko imeze bityo abisanze mu gice cya RDC bakaba abo aho bisanze, kandi bakarindwa na Guverinema ya Kinshasa.”

Nti bibaye ubwambere Thabo Mbeki agaragaza ko ikibazo cyo mu Burasirazuba bwa RDC cya kemuka byoroshye, mu gihe RDC yabishiramo ibiganiro aho gushira intambara imbere.

Gusa n’ubwo M23 irwana n’ingabo ninshi za mahanga harimo iza Afrika y’Epfo, Malawi, u Burundi n’iza Tanzania nti bibuza ko uwo mutwe ubarusha imbaraga, ndetse ukaba ukomeje ku birukana usatira gufata ibindi bice bikomeye byo mu Burasirazuba bwa RDC.

Bruce Bahanda.

Tags: Mu gihe M23 irwanira ukuriRdcThabo MbekiWahoze ari perezida
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
I Addis abeba, perezida João Lourenço, ya yoboye i Nama nto yiga ku mutekano muke w’u Burasirazuba bwa RDC.

I Addis abeba, perezida João Lourenço, ya yoboye i Nama nto yiga ku mutekano muke w'u Burasirazuba bwa RDC.

Comments 1

  1. Mbarwa Robert says:
    2 years ago

    Iherezo ryinzira niminzu M23, izatsinda kuko irarwanira ukuri kwabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?