• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Thabo Mbeki yakariye Leta y’i Kinshasa

minebwenews by minebwenews
May 27, 2025
in Regional Politics
0
Thabo Mbeki yakariye Leta y’i Kinshasa
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Thabo Mbeki yakariye Leta y’i Kinshasa.

You might also like

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

Thabo Mbeki wabaye perezida wa Afrika y’Epfo, yavuze ko n’ubwo u Rwanda na Congo Kinshasa biri kugirana ibiganiro by’amahoro, ariko ko bidateze kugera ku musaruro mwiza mu gihe ubutegetsi bw’i Kinshasa butaramenya neza ko igisubizo kirambye cy’amahoro bushaka kizava mu Banye-Congo ubwabo.

Uyu wabaye umukuru w’igihugu cya Afrika y’Epfo, yabigarutseho ubwo yari mu kiganiro n’umunyamukuru, Sophia Mokoena wo muri iki gihugu cya Afrika y’Epfo.

Ni kiganiro cyagarukaga kubiganiro bimaze iminsi bikorwa kugira ngo u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bubone amahoro, aho haba ibiganiro by’ububuza hagati y’u Rwanda na Congo, bihujwe na Washington DC, imiryango itandukanye yo muri Afrika, ndetse na Qatar.

Mbeki yavuze ko ibiri gukorwa nta musaruro bizatanga mu gihe Abanye-Congo batarumva ko igisubizo kizava muri bo.

Yagize ati: “Zishobora kumvikana, Leta y’i Kinshasa n’iya Kigali zigahuza zigashyira umukono ku masezerano, ibyo ni byiza ariko ntabwo byonyine bizakemura ikibazo kiri mu Burasizuba bwa Congo. Ibi byarageragejwe na mbere, nagiye kenshi mbwira abantu ko ibibazo by’u Burasizuba bwa Congo ni iby’imbere kuri Congo ntabwo bikomoka hanze y’imipaka ya Congo.”

Yakomeje avuga ko ku bw’ibyo Abanyamerika bamaze iminsi bakora byo gushishikariza Kinshasa na Kigali guhurira hamwe, ntabwo bikemura ikibazo cya RDC; kiriya kibazo gikwiye gukemurwa n’abaturage ba Congo n’ubutegetsi bwabo.”

Mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka wa 2025, i Dar es Salaam muri Tanzania hateraniye inama y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afrika y’i Burasizuba, EAC, n’abo mu muryango wa Afrika y’Amajyepfo, SADC. Ni nama yaje kwanzura ko imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za Congo ihagarara bwangu, kandi umuti w’ikibazo ugashakwa binyuze mu nzira z’amahoro ndetse Repubulika ya demokarasi ya Congo ikagirana ibiganiro n’impande zose harimo n’uyu mutwe wa M23.

Nyamara ibi nta musaruro byigeze bitanga, kuko kugeza n’ubu impande zihanganye zircyakomeje imirwano ikomeye muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru.

Mbeki ibi abivuze mu gihe Joseph Kabila yageze i Goma mu gice kigenzurwa n’umutwe wa M23. Ibyo ngeye kubyutsa umwuka mubi mu bategetsi b’i Kinshasa mu gihe Qatar, Amerika n’umuryango wa Afrika Yunze ubumwe bikomeje gukora ibishoboka byose ngo u Burasirazuba bwa Congo bubone amahoro.

Tags: IkibazoRdcThabo MbekiYakariye
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026 Mu mwaka wa 2026, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye kugaragara ku rutonde rw’ibihugu...

Read moreDetails

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

by Bahanda Bruce
January 27, 2026
0
Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana Raporo nshya yashyizwe ahagaragara n’umuryango Norwegian People’s Aid (NPA) igaragaza ishusho iteje impungenge ku ngaruka ndende z’igeragezwa ry’intwaro...

Read moreDetails

Ubutumwa Bukakaye bwa Gen. Muhoozi Bubyutsa Impaka ku Mubano wa Uganda na Amerika

by Bahanda Bruce
January 27, 2026
0
Ubutumwa Bukakaye bwa Gen. Muhoozi Bubyutsa Impaka ku Mubano wa Uganda na Amerika

Ubutumwa Bukakaye bwa Gen. Muhoozi Bubyutsa Impaka ku Mubano wa Uganda na Amerika Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje amagambo akomeye agaragaza ko igihugu...

Read moreDetails
Next Post
Ese koko abatezi b’inkingi baza nyuma? Umusesenguzi Kabare.

Ese koko abatezi b'inkingi baza nyuma? Umusesenguzi Kabare.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?