• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 13, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Tito Rutaremara yasubije abavuga ko u Rwanda rufite ingabo muri RDC

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 6, 2025
in Regional Politics
0
Tito Rutaremara yasubije abavuga ko u Rwanda rufite ingabo muri RDC
78
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Tito Rutaremara yasubije abavuga ko u Rwanda rufite ingabo muri RDC

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Hon. Tito Rutaremara inararibonye mu bya politiki, yatangaje ko abashinja u Rwanda kuba inyuma y’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ari ibinyoma, ngo kuko uwo mutwe wihagije.

Ni mu kiganiro uyu munyapolitiki yagiranye n’itangazamakuru i Kigali mu Rwanda, aho yavuze ko umutwe wa M23 wihagije udakeneye ubufasha.

Muri iki kiganiro Rutaremara yavuze ko abavuga ko u Rwanda rufite ingabo muri RDC, nta bimenyetso bafite ba kwerekana.

Yongeyeho ko n’iyo u Rwanda rwajya muri iki gihugu cya RDC, rwaba rufite impamvu cyane ko rwaba rugiye guhiga umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bwarwo.

Yagize ati: “U Rwanda ntabwo ruri muri Congo. Abavuga ko ruriyo gufasha umutwe wa M23, baribeshya, kuko uyu mutwe urihagije.”

Yakomeje ati: “Abavuga ko ruriyo nibazane ibimenyetso. Kandi ntabyo batanga kuko ntabyo bobona.”

Yakomeje avuga ko mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, hari Abanye-kongo bahaba bavuga ururimi rw’ikinyarwanda bicwa buri munsi, ariko ubutegetsi bw’iki gihugu ntibugire icyo bubikoraho.

Yavuze kandi ko u Rwanda rufite uburenganzira bwo kwirwanaho, ni mu gihe perezida Felix Tshisekedi yagiye yigamba kuzarutera, ngo agakuraho ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame agashyiraho ubundi.

Bityo, ashimangira ko u Rwanda rukwiye gushyiraho ingamba z’ubwirinzi no kuba maso.

Yasoje asaba ubutegetsi bw’i Kinshasa guhagarika ubufasha buha uyu mutwe wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Avuga ko uwo mutwe ari abanzi bamahoro.

Tags: Ingabo z'u RwandaRdcTito Rutaremara
Share31Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post
Ikambi y’impunzi z’Abanye-kongo mu Burundi yabonetsemo abarwaye ubushita bw’inkende

Ikambi y'impunzi z'Abanye-kongo mu Burundi yabonetsemo abarwaye ubushita bw'inkende

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?