• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Tshisekedi uyoboye agace kamwe ka RDC yongeye kuvuga ko atazaganira na m23 nayo iyoboye ikindi gice.

minebwenews by minebwenews
February 15, 2025
in Regional Politics
0
Bwa mbere Tshisekedi avuze icyo agiye gukora, nyuma y’ifatwa rya Goma.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Tshisekedi uyoboye agace kamwe ka RDC yongeye kuvuga ko atazaganira na m23 nayo iyoboye ikindi gice.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yatanze ubutumwa avuga ko ubutegetsi bwe butazaganira n’umutwe wa M23 ngo nubwo yabisabwe n’abakuru b’ibihugu by’umuryango wa Afrika y’iburasirazuba, EAC, n’uwa Afrika y’Amajy’epfo, SADC.

Ni ibyo perezida Félix Tshisekedi yatangaje ahar’ejo tariki ya 14/02/2025, aho yagize ati: “Ntabwo dushaka kuganira n’umutwe wa M23 ahubwo dushaka kuganira n’u Rwanda mu buryo butaziguye kuko bitabaye ibyo, twaba dutakaza umwanya.”

Tshisekedi yavuze ko M23 ari ikintu kirimo ubusa gikorera u Rwanda. Ashinja kandi uyu mutwe kwica abantu, aho yavuze ko warashe amabombe ku nkambi, abagore n’abana barapfa, bityo avuga ko adashobora kuganira nawo. Yavuze ko ibyo biganiro ashaka kuganira n’u Rwanda bi bizakomeza muri gahunda ya Luanda.

Gusa, M23 ihakana ibyaha byose ishinjwa na Leta ya Kinshasa, ikagaragaza intego yayo kwari ukurinda umutekano w’abaturage. Isobanura kandi ko yashoboye kugarura umutekano mu bice byose yafashe birimo umujyi wa Goma, mu gihe mbere ibyo bice byari byarahungabanyijwe n’ubwicanyi, ubujura no gufata ku ngufu.

Uyu mukuru w’igihugu cya Congo, yatangaje ibi mu gihe abakuru b’ibihugu bya EAC na SADC bari basabye Leta ye kuganira n’imitwe yitwaje intwaro yose irimo n’uwa M23.

Ni imyanzuro aba bakuru b’ibihugu bafatiye mu nama iheruka kubahuriza i Dar es Salaam muri Tanzania.

Nyamara kandi uko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bukomeza kwanga kuganira n’uyu mutwe wa M23, ni ko nawo ukomeza kwagura ibirindiro byawo. Ejo hashize wafashe Kavumu n’ikibuga cy’indege cyayo n’umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Amakuru yandi mashya, avuga ko uyu mutwe ukomeje gufata inkengero z’uyu mujyi wa Bukavu, ndetse kandi ko uri kwerekeza Uvira no mu bindi bice byo muri iyi ntara ya Kivu y’Epfo.

Tags: BukavuGomaKuganiraM23Tshisekedi
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Uko byifahe mu Minembwe, nyuma y’aho M23 ifashe i Bukavu.

Uko byifahe mu Minembwe, nyuma y'aho M23 ifashe i Bukavu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?