• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Bubiligi bwahagurukiye umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
August 7, 2025
in Regional Politics
0
U Bubiligi bwahagurukiye umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa RDC.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Bubiligi bwahagurukiye umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa RDC.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Minisitiri w’intebe wungirije w’u Bubiligi akaba na minisitiri w’ubanye n’amahanga w’icyo gihugu, yavuze ko umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ukwiye guhanirwa ubwicanyi impuguke za Loni ziwushinja gukorera muri Rutshuru mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ni nyuma y’aho mu cyumweru gishize raporo y’impuguke z’umuryango w’Abibumbye zikorera muri RDC ishinje M23 kwica abasivili 319 muri teritware ya Rutshuru.

Twifashije inyandiko minisitiri w’intebe wungirije w’u Bubiligi akaba na minisitiri w’ubanye n’amahanga, Maxime Prevot yanditse avuga ko M23 ibyo byaha ikora bitazahera idahanwe.

Akoresheje x, yagize ati: “Nababajwe cyane n’ubwicyanyi bushya bwakorewe abasivili 300, harimo abana 20 bushinjwa M23.”

Yongeye ati: “Ni ibyaha bitakwihanganirwa bidakwiye guhera bidahanwe.”

Yanavuze ko igihugu cye gishigikiye inzego z’umutekano zimbere mu gihugu n’inzego mpuzamahanga kugira ngo hakorwe iperereza ababigizemo uruhare babiryozwe.

Mu itangazo umukuru w’urwego rwa Loni rushyinzwe uburenganzira bwa muntu, yasohoye tariki ya 06/08/2025, Volker Türk yamaganye intambara yongeye kwaduka hagati ya M23 n’imitwe yitwaje intwaro bahanganye muri Kivu y’Amajyaruguru.

Ibiro by’umuryango w’Abibumbye bishinzwe uburenganzira bwa muntu bivuga ko muri raporo y’uruhande rumwe byakiriye, ivuga ko nibura abasivili 319 bishwe mu bitero bya M23 hagati ya tariki ya 09-21/07/2025 mu duce tune two muri teritware ya Rutshuru.

Iyo raporo igakomeza ivuga ko uwo mubare w’abantu bishwe ari mu nini cyane kuva M23 yakubura imirwano muri 2022. Benshi mu bapfuye harimo abagore 48, abana 19 aba ngo bakaba bari abahinzi bari mu mirima yabo.

Bagasaba ko ibitero byibasira abaturage b’abasivili bihagarara, kandi ababikora bose bakabihanirwa.

Banamaganye n’ubundi bwicanyi bukorwa n’imitwe ya ADF na CODECO, kuko ADF yari iheruka kwica abantu murusengero ahitwa Komanda muri Ituri, mbere y’uko yishe abantu 70 mu gace kitwa Pikamaibo.

Indi mitwe ishinjwa kwica abasivili hari uwa Raia Mutomboki/Wazalendo n’indi.

M23 ibinyujije muri perezida wayo, Bertrand Bisimwa, yamaganye ibirego baregwa, abwira ibiro ntara makuru bya Bwongereza ko ibyo baregwa atari ukuri.

Umutwe wa AFC/M23 umaze igihe ugaragaza ko ibirindiro byawo biterwa n’ingabo za Leta ya Congo zihisha mu mitwe ya Wazalendo haba muri Kivu y’Amajyaruguru no muri Kivu y’Amajyepfo.

Tags: M23RutshuruU Bubiligiubwicanyi
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Abakuru b’ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura.

Abakuru b'ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?