• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, February 15, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Burusiya Bwerekanye Igikorwa cyo Kohereza Misile za Oreshnik za Rutura muri Belarus, Intwaro Ikaze cyane

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
December 30, 2025
in World News
0
U Burusiya Bwerekanye Igikorwa cyo Kohereza Misile za Oreshnik za Rutura muri Belarus, Intwaro Ikaze cyane
68
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burusiya Bwerekanye Igikorwa cyo Kohereza Misile za Oreshnik za Rutura muri Belarus, Intwaro Ikaze cyane

You might also like

Perezida Trump na Netanyahu mu Biganiro, Ariko Umubano Wabo Wagaragaje Impinduka Zikomeye

Turukiya: Imvururu n’Ingumi mu Nteko Ishinga Amategeko

Perezida Emmanuel Macron Yatunguranye Atangaza Amagambo Akakaye ku Butegetsi bwa Donald Trump

U Burusiya bwashyize ahagaragara amashusho agaragaza ishyirwa mu bikorwa rya sisiteme ya misile za Oreshnik, zifite ubushobozi bwo gutwara intwaro kirimbuzi (nucléaire) kandi zigendera ku muvuduko wa hypersonique, mu gihugu cya Belarus, gifatwa nk’umufatanyabikorwa wa hafi wa Kremlin.

Nk’uko byatangajwe n’abategetsi b’i Moscou, izi misile zoherejwe muri Belarus mu rwego rwo kongerera u Burusiya ubushobozi bwo kugaba ibitero byihuse ku ntego ziri ku mugabane w’u Burayi, mu gihe habaye intambara cyangwa ubushyamirane bukomeye.

Misile za Oreshnik zifite ubushobozi bwo kugenda ku muvuduko urenze inshuro eshanu umuvuduko w’ijwi, bigatuma zifatwa nk’imwe mu ntwaro zigezweho cyane kandi zitoroshye kuburizwamo n’ubwirinzi bwa gisirikare busanzwe.

Abasesenguzi mpuzamahanga babona iki gikorwa nk’ikimenyetso cyo kongera igitutu ku bihugu bigize NATO, cyane cyane ibiri mu burasirazuba bw’u Burayi, kikaba n’ubutumwa bwa politiki n’ubwerekana imbaraga za gisirikare mu gihe intambara yo muri Ukraine igikomeje.

Moscou ivuga ko ishyirwa ry’izi ntwaro rigamije “gukumira uwo ari we wese washaka guhungabanya umutekano w’u Burusiya n’abafatanyabikorwa babwo.” Gusa, amahanga, arimo Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bwongereza, yagaragaje impungenge z’uko iki gikorwa gishobora kurushaho gukongeza ubushyamirane mu karere.

Belarus ikomeje gufatwa nk’inkingi ya politiki n’igisirikare y’u Burusiya muri ako karere, ikaba yarabaye inzira y’ingenzi y’ibikorwa bya gisirikare bya Kremlin kuva intambara yo muri Ukraine yatangira mu 2022. Iyi gahunda nshya yo kohereza intwaro zishobora gutwara ibisasu kirimbuzi yongera gutiza umurindi impungenge z’intambara ishobora kwaguka ku mugabane w’u Burayi.

Share27Tweet17Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Perezida Trump na Netanyahu mu Biganiro, Ariko Umubano Wabo Wagaragaje Impinduka Zikomeye

by Bahanda Bruce
February 12, 2026
0
Perezida Trump na Netanyahu mu Biganiro, Ariko Umubano Wabo Wagaragaje Impinduka Zikomeye

Perezida Trump na Netanyahu mu Biganiro, Ariko Umubano Wabo Wagaragaje Impinduka Zikomeye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakiriye Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu,...

Read moreDetails

Turukiya: Imvururu n’Ingumi mu Nteko Ishinga Amategeko

by Bahanda Bruce
February 11, 2026
0
Turukiya: Imvururu n’Ingumi mu Nteko Ishinga Amategeko

Turukiya: Imvururu n’Ingumi mu Nteko Ishinga Amategeko Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 11/02/2026, inteko ishinga amategeko ya Turukiya iherereye i Ankara yahuye n’imvururu zikomeye, ubwo abadepite bahanganye...

Read moreDetails

Perezida Emmanuel Macron Yatunguranye Atangaza Amagambo Akakaye ku Butegetsi bwa Donald Trump

by Bahanda Bruce
February 11, 2026
0
Perezida Emmanuel Macron Yatunguranye Atangaza Amagambo Akakaye ku Butegetsi bwa Donald Trump

Perezida Emmanuel Macron Yatunguranye Atangaza Amagambo Akakaye ku Butegetsi bwa Donald Trump Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko ubutegetsi bwa Donald Trump “buhagaze ku mugaragaro burwanya u...

Read moreDetails

Amagambo ya Burchett ku “Bivejuru” Yongeye Gukangura Impaka ku Ibanga ryo mu Mazi ya Amerika

by Bahanda Bruce
February 11, 2026
0
Amagambo ya Burchett ku “Bivejuru” Yongeye Gukangura Impaka ku Ibanga ryo mu Mazi ya Amerika

Amagambo ya Burchett ku “Bivejuru” Yongeye Gukangura Impaka ku Ibanga ryo mu Mazi ya Amerika Umunyapolitiki wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Tim Burchett, aherutse gutangaza amagambo...

Read moreDetails

Netanyahu na Trump mu Biganiro Bikomeye ku Hazaza h’Umubano wa Amerika na Iran

by Bahanda Bruce
February 10, 2026
0
Netanyahu na Trump mu Biganiro Bikomeye ku Hazaza h’Umubano wa Amerika na Iran

Netanyahu na Trump mu Biganiro Bikomeye ku Hazaza h’Umubano wa Amerika na Iran Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, ategerejwe i Washington mu ruzinduko rw’akazi ruzamuhuza na Perezida...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya U.S. Virgin Islands Yareze Meta Iyishinja Kungukira mu Kwamamaza Ubwambuzi no Kunanirwa Kurinda Abana

Leta ya U.S. Virgin Islands Yareze Meta Iyishinja Kungukira mu Kwamamaza Ubwambuzi no Kunanirwa Kurinda Abana

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?