• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, April 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda mu magambo akarishye rwasubije RDC irushinja kuryanisha Wazalendo na FARDC

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 12, 2025
in Regional Politics
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda mu magambo akarishye rwasubije RDC irushinja kuryanisha Wazalendo na FARDC

You might also like

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bushinja ingabo zarwo kuryanisha Wazalendo n’Ingabo z’iki gihugu cyabo cya RDC(Fardc ).

U Rwanda rwabitangaje rubinyujije kuri minisitiri warwo w’ubanye n’amahanga, Olivier Nduhungurehe, aho yamaganye umuvugizi wa RDC, Patrick Muyaya wavuze ko ingabo z’u Rwanda (RDF) ari zo zirinyuma y’isubiranamo rya Wazalendo na FARDC muri Uvira.

Hari nyuma y’aho Muyaya yari yatangaje ko intumwa za RDC ziyobowe na minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu, Jacquemain Shaban zagiye i Uvira mu rwego rwo kugira ngo zihoshye umwuka mubi uri hagati ya FARDC na Wazalendo.

Muyaya asobanura ko ibikorwa byo kuryanisha Wazalendo na FARDC muri Uvira byatewe n’ingabo z’u Rwanda n’umutwe wa M23, anahamya ko ari byo byabyaye imbarutso y’imyigaragambyo iheruka kubera muri icyo gice yo kwamgana Brigadier General Olivier Gasita wahatumwe na perezida Felix Tshisekedi kuhayobora mu rwego rwa gisirikare.

Minisitiri Nduhungurehe mu gusubiza Muyaya yavuze ko ibyo avuga ari icengezamatwara rye ridashobora guhisha ubugizi bwa nabi bwa Wazalendo muri Uvira, aho barimo kwanga Gen Gasita kugira ngo atayobora umuhango wo gushingura Col Gisore Patrick, kubera ko ari Umututsi.

Yanibukije Muyaya ko Wazalendo baheruka kumenyesha Abanyamulenge n’abandi Banye-Congo bo mu bwoko bw’Abatutsi ko basigaranye iminsi 10 yo kuba bavuye muri RDC, bagasubira iwabo mu Rwanda nk’uko babivuga, ikanaha abana intwaro kugira ngo bajye kwica Abatutsi n’abasa nabo.

Minisitiri Nduhungurehe yakomeje avuga ko Wazalendo bica bakanakubita abo bita Abatutsi bose bo muri iki gihugu cya RDC.

Ubundi kandi yibukije Muyaya ko leta yabo ikorana n’umutwe wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.

Yagaragaje kandi ko mu gihe Leta ya Congo yananiwe kugenzura Wazalendo, itagomba guhisha amakosa yakoze yo kurema iri huriro no gukomeza kurishyigikira mu gihe rikomeje ubugizi bwa nabi, ahubwo ko igomba kwirengera ingaruka z’ibikorwa byaryo.

Tubibutsa ko mu cyumweru gishyize, ni bwo Wazalendo bakoze imyigaragambyo yo kwamgana Brigadier General Olivier Gasita. Bavuga ko batamushaka i Uvira, banamushinja ubugambanyi ndetse no kwica Wazalendo i Kindu mu ntara ya Maniema.

Tags: FardcMuyayaNduhungureheRDFUviraWazalendo
Share33Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura Mu minsi mike ishize yo muri uyu mwaka wa 2026, mu gace ka Musaga...

Read moreDetails

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Amayobera ku Rupfu rw’Umuyobozi wo muri Guverinoma i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi Amakuru atandukanye yatangajwe ku rupfu rwa Gabby Bugaga, wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, akomeje guteza impaka zikomeye....

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uri no ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere Mu gihe ibiganiro n’impaka ku mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari bikomeje gufata intera nshya, Minisitiri...

Read moreDetails

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

by Bahanda Bruce
April 15, 2026
0
Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi Impinduka nshya mu mitekerereze y’ibihugu bya Afurika iri gufata indi ntera, aho Repubulika ya Togo yashyize imbere ikibazo kimaze imyaka myinshi...

Read moreDetails
Next Post
Icyo amakuru avuga ku butabazi Abanyamulenge bongeye kubona uyu munsi

Icyo amakuru avuga ku butabazi Abanyamulenge bongeye kubona uyu munsi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?