• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, April 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda rwanenze raporo iheruka gushyirwa hanze n’impungenge za Loni.

minebwenews by minebwenews
July 3, 2025
in Regional Politics
0
Bimwe mu bituma perezida Kagame yitwa Umunyabwenge uhambaye.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda rwanenze raporo iheruka gushyirwa hanze n’impungenge za Loni.

You might also like

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

Raporo iheruka gushyirwa hanze n’impungenge za Loni ishinja u Rwanda gusahura umutungo kamere wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, rwayinenze.

Nk’uko ziriya mpuguke z’umuryango w’Abibumbye zabisobanuye zavuze ko “u Rwanda rushyigikiye M23 kandi ko ruyiha n’ibikoresho bya gisirikare, birimo n’ibyikorana buhanga rihanitse ryo kuzimya ibisasu byo mu kirere.”

Ni raporo kandi ivuga ko umutwe wa FDLR ushyigikiwe cyane na Leta y’i Kinshasa, ubundi kandi ngo abagize uwo mutwe bashyirwa mu ngabo za RDC.

U Rwanda rubinyujije ku muvugizi warwo, Yolande Makolo, rwanenze ibikubiye muri iyo raporo ruvuga rushimangira ko ubutegetsi bwa Congo bufasha umutwe wa FDLR.

Ati: “L’oni yirengangiza ku bushake impuguke z’u Rwanda zimaze igihe kinini zirebana n’ibibazo biterwa na FDLR n’imitwe iyishamikiyeho, ari na byo bisaba ko ku mipaka yacu hashyirwaho ingamba z’ubwirinzi.”

Makolo kandi yavuze ko mu cyumweru gishize u Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano y’amahoro, ndetse ngo u Rwanda rukaba rwariyemeje kuyashyira mu bikorwa, harimo no gusenya umutwe wa FDLR.

Asobanura ko gusenya FDLR bizatuma u Rwanda ruvanaho ingamba z’ubwirinzi, gucyura impunzi mu mahoro z’Abanye-Congo mu gihugu cyabo, no gukomeza kubaka akarere.

Muri iriya raporo ivuga ko u Rwanda rwibye amabuye y’agaciro muri RDC. Maze kuri iyi ngingo Makolo avuga ko u Rwanda rufite ububiko buhagije bw’amabuye y’agaciro ya 3T(Tin, Tantalum na Tungsten), acukurwa mu buryo bwa kinyamwuga butanga umusaruro, bitandukanye n’uburyo acukurwa muri RDC.

Yasoje avuga ku masezerano y’amahoro aheruka gusinyirwa i Washington DC, ahamya ko azafasha kwagura amahirwe y’ubufatanye na Amerika, aho ishoramari ry’abikorera bo muri icyo gihugu rizafasha kunoza no guteza imbere inzego z’ubucukuzi mu buryo bwa kinyamwuga.

Tags: LoniraporoRwanenzsU Rwanda
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho Mu biganiro by’ubufatanye hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura Mu minsi mike ishize yo muri uyu mwaka wa 2026, mu gace ka Musaga...

Read moreDetails

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Amayobera ku Rupfu rw’Umuyobozi wo muri Guverinoma i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi Amakuru atandukanye yatangajwe ku rupfu rwa Gabby Bugaga, wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, akomeje guteza impaka zikomeye....

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uri no ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere Mu gihe ibiganiro n’impaka ku mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari bikomeje gufata intera nshya, Minisitiri...

Read moreDetails
Next Post
Icyo M23 isaba RDC gukora mbere yuko impande zombi zisubira mu biganiro i Doha.

Icyo M23 isaba RDC gukora mbere yuko impande zombi zisubira mu biganiro i Doha.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?