• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 15, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubuyobozi bwa M23 bwatangaje ibyo buheruka gukorera ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
May 31, 2024
in Regional Politics
1
Ubuyobozi bwa M23 bwatangaje ibyo buheruka gukorera ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC, ryatangaje ibyo riheruka gukorera ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

“Ibihano ku Rwanda Ntibizakemura Ibibazo by’Ingutu bya RDC”– Minisitiri Olivier Nduhungirehe

Ubutabera bw’u Bufaransa Bwatangije Iperereza ku Rupfu rw’Umukozi wa UNICEF Wishwe n’Igitero cy’Indege mu Burasirazuba bwa RDC

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

Ni bikubiye mu itangazo umuvugizi wa AFC/M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka yashize hanze akoresheje urubuga rwa x, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31/05/2024.

Iryo tangazo rivuga ko tariki ya 30/05/2024, ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, ririmo FDLR, FARDC, ingabo z’u Burundi, abacanshuro, Wazalendo na SADC, zagabye ibitero ku basivile ku wa Kane.

Rikomeza rivuga ko ibyo bitero byaguyemo abasivile bagera ku icumi, bigakomerekeramo abandi batatangajwe umubare, ndetse n’abandi baturage benshi bagata izabo.

Iri tangazo rivuga ko kandi AFC/M23 yatabaye nk’uko ihora ibikora ikarinda abasivile, isubiza ibyo bitero inyuma, ndetse ngo iza no gusenya imodoka z’intambara z’iri huriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa.

Itangazo rikavuga ko M23 yafashe APCS zibiri z’umwanzi n’ikamyo ya IVECO.

Gusa iri tangazo rya AFC/M23 rikavuga kandi ko M23 ibabajwe n’uko ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo rikomeje gushira ibibunda mu nkambi ya Muganga, kandi bihabanye n’amategeko mpuzamahanga.

Izi nkambi zikaba ziri gukoreshwa nk’i birindiro by’ingabo za FARDC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi na SADC.

Mu mpera z’u mwaka w’ 2023 nibwo igisirikare cya SADC cyageze mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu butumwa bwise SAMIRDC. Hashingiwe ku byemezo by’abakuru b’ibihugu biwugize byafatiwe muri Namibia tariki ya 08/05/2023. Izi ngabo zigizwe n’ingabo za Afrika y’Epfo, Malawi n’iza Tanzania.

Kuza kw’ingabo za SADC gufasha igisirikare cy’igihugu cya leta ya Kinshasa ku rwanya M23 zifatanije n’ingabo z’u Burundi n’ubwo bisa nibyamaze kunanirwa uru rugamba.

           MCN.
Tags: Ibyo yakoreyeIhuriro ry'Ingabo za RDCM23Yatangaje
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Ibihano ku Rwanda Ntibizakemura Ibibazo by’Ingutu bya RDC”– Minisitiri Olivier Nduhungirehe

by Bahanda Bruce
March 15, 2026
0
“Ibihano ku Rwanda Ntibizakemura Ibibazo by’Ingutu bya RDC”– Minisitiri Olivier Nduhungirehe

"Ibihano ku Rwanda Ntibizakemura Ibibazo by’Ingutu bya RDC"– Minisitiri Olivier Nduhungirehe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko ibyishimo bamwe mu bayobozi ba Repubulika Iharanira Demokarasi...

Read moreDetails

Ubutabera bw’u Bufaransa Bwatangije Iperereza ku Rupfu rw’Umukozi wa UNICEF Wishwe n’Igitero cy’Indege mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
Uvira: Abaturage Bashinja Wazalendo Kwica Umuturage, Ubwoba Bwakomeje Kwiyongera mu Burasirazuba bwa RDC

Ubutabera bw’u Bufaransa Bwatangije Iperereza ku Rupfu rw’Umukozi wa UNICEF Wishwe n’Igitero cy’Indege mu Burasirazuba bwa RDC Ubutabera bw’u Bufaransa bwatangaje ko bwatangiye iperereza ku cyaha gishobora kuba...

Read moreDetails

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC Igitero cya drone cyagabwe mu mujyi wa Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

by Bahanda Bruce
March 12, 2026
0
U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko uburyo umuryango mpuzamahanga witwara ku ntambara iri kubera...

Read moreDetails

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Alain-Guillaume Bunyoni, yarekuwe nyuma yo kumara hafi imyaka...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za SADC zoherejwe mu Burasirazuba bwa RDC, zatangaje ibyago zahuriye nabyo mu ntambara zihanganyemo na M23.

Ingabo za SADC zoherejwe mu Burasirazuba bwa RDC, zatangaje ibyago zahuriye nabyo mu ntambara zihanganyemo na M23.

Comments 1

  1. Www.Waste-Ndc.Pro says:
    2 years ago

    I read this paragraph completely concerning
    thee comparison oof latest annd earlier technologies, it’s amazing article. https://Www.Waste-Ndc.pro/community/profile/tressa79906983/

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?