• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, December 2, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uduce ingabo z’u Burundi zisigariyemo ahazwi nk’i Mulenge nyuma y’aho Twirwaneho izikubise umusubirizo.

minebwenews by minebwenews
March 11, 2025
in Regional Politics
0
Uduce ingabo z’u Burundi zisigariyemo ahazwi nk’i Mulenge nyuma y’aho Twirwaneho izikubise umusubirizo.
135
SHARES
3.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uduce ingabo z’u Burundi zisigariyemo ahazwi nk’i Mulenge nyuma y’aho Twirwaneho izikubise umusubirizo.

You might also like

Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika

Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye

Ibigo bya gisirikare ingabo z’u Burundi zigenzura nyuma y’aho zambuwe bimwe n’umutwe wa Twirwaneho urwanirira ukubaho kw’Abanye-Kongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge mu misozi miremire y’i Mulenge mu Burasizuba bwa Congo. Ibi bigo biherereye mu Cyohagati, i Ndondo ya Bijombo ndetse no mu Bibogobogo.

Ingabo z’u Burundi ziri mu Burasizuba bwa RDC kuva mu 2022, nyuma y’aho habaye amasezerano y’ubufatanye hagati y’Ubutegetsi bw’i Kinshasa n’Ubwa Gitega mu Burundi.

Ahanini aya masezerano yasinywe n’abakuru b’ibihugu byombi, perezida Felix Tshisekedi na Evariste Ndayishimiye, agamije kurwanya umutwe wa m23 n’uwa Twirwaneho.

Nyuma y’ay’amasezerano, abasirikare b’u Burundi bahise boherezwa muri Kivu y’Amajyepfo n’i Yaruguru. Usibye ko muri Kivu y’Amajyaruguru, m23 yazikubise inshuro zihungira i Uvira muri Kivu y’Epfo ni Bujumbura mu Burundi.

Ariko mu busanzwe ubwo ziriya ngabo zoherezwaga mu Burasizuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, hari zoherejwe no mu misozi miremire y’i Mulenge, aho zajanwe mu Minembwe, Mikenke, Rurambo, i Ndondo ya Bijombo ndetse no mu Bibogobogo.

Izi ngabo na none zaje kwijandika mu bikorwa by’ubufatanye n’iza Congo n’imitwe irimo FDLR na Wazalendo byokwica abaturage no kubambura utwabo.

Byatumye haba imirwano hagati y’izi ngabo za Congo n’iz’u Burundi, aho byarangiye Twirwaneho izirukanye mu Minembwe na Mikenke.

Kuri ubu nk’uko amakuru agera kuri Minembwe Capital News avuga ko zisigariye mu duce twa Bijombo centre, Kuwumugethi, mu Mitamba na Murambya.

Ahandi ziri ni mu Cyohagati ahitwa kuri Nyamara, ndetse vuba aha hari izindi ziheruka koherezwa mu Bibogobogo, ni mu gihe no mu Rurambo naho hari izindi zihagize iminsi.

Izi ngabo zahungiye kuri Nyamara mu Cyohagati, nyuma y’aho zisakiranye na Twirwaneho izikubita umusubirizo mu Mikenke na Kamombo niko guhita zihungira aha kuri Nyamara.

Kurundi ruhande, Fardc yo iherereye mu Bijombo, Kuwumugethi, mu Mitamba, ikaba kandi iki genzura inzira imanuka iva mu Bijombo igana i Uvira. Iri kandi no mu Bibogobogo.

Hagataho, uyu mutwe wa Twirwaneho niwo ugenzura igice cya Mikenke, Kamombo na Minembwe, ndetse n’umuhanda uhuza Mikenke na Minembwe.

Kuba Twirwaneho igenzura igice cya Mikenke na Minembwe, ari nayo mijyi ibiri ikomeye i Mulenge, bikomeje kunezeza abaturage baturiye iyi misozi, kuko bafite icyizere ko n’aho ziriya ngabo zisigariye zizahahunga maze aka karere kabo kagasigaramo amahoro. Abaturiye imisozi miremire y’i Mulenge bashinja FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Wazalendo, kubica, kubasenyera no kubanyaga Inka zabo.

Tags: BijomboFardcIngabo z'u BurundiMikenke
Share54Tweet34Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington Perezida w’u Burundi yatangaje ko agiye kugirira uruzinduko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,...

Read moreDetails

Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika

Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika Perezida Paul Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma, ashyiraho abayobozi bashya mu myanya itandukanye, zirimo izasize...

Read moreDetails

Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye

Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa, yatangaje ko adateze gutinya inshingano zo kuba Perezida wa Repubulika ya Demokarasi...

Read moreDetails

Ndayishimiye Yongeye Kwibasira Perezida Kagame, Amushinja Gukoresha Impunzi z’Abarundi mu Nyungu za M23

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Ndayishimiye Yongeye Kwibasira Perezida Kagame, Amushinja Gukoresha Impunzi z’Abarundi mu Nyungu za M23

Ndayishimiye Yongeye Kwibasira Perezida Kagame, Amushinja Gukoresha Impunzi z’Abarundi mu Nyungu za M23 Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yongeye kunenga bikomeye mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame, amushinja...

Read moreDetails

Mbayahaga Yikomye Umutwe urwana muri Kivu y’Amajyepfo, Avuga ko Ingabo z’u Burundi Zawutsinze

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Mbayahaga Yikomye Umutwe urwana muri Kivu y’Amajyepfo, Avuga ko Ingabo z’u Burundi Zawutsinze

Mbayahaga Yikomye Umutwe urwana muri Kivu y’Amajyepfo, Avuga ko Ingabo z’u Burundi Zawutsinze Umuvugabutumwa, umunyarwenya akaba n’umunyapolitiki w’inshuti magara ya Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, Mbayahaga Isidore, yongeye...

Read moreDetails
Next Post
Hahishuwe ko hari umugambi wo kwica Kamerhe muri Congo.

Hahishuwe ko hari umugambi wo kwica Kamerhe muri Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?