• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, July 26, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uduce ingabo z’u Burundi zisigariyemo ahazwi nk’i Mulenge nyuma y’aho Twirwaneho izikubise umusubirizo.

minebwenews by minebwenews
March 11, 2025
in Regional Politics
0
Uduce ingabo z’u Burundi zisigariyemo ahazwi nk’i Mulenge nyuma y’aho Twirwaneho izikubise umusubirizo.
135
SHARES
3.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uduce ingabo z’u Burundi zisigariyemo ahazwi nk’i Mulenge nyuma y’aho Twirwaneho izikubise umusubirizo.

You might also like

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

Ibigo bya gisirikare ingabo z’u Burundi zigenzura nyuma y’aho zambuwe bimwe n’umutwe wa Twirwaneho urwanirira ukubaho kw’Abanye-Kongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge mu misozi miremire y’i Mulenge mu Burasizuba bwa Congo. Ibi bigo biherereye mu Cyohagati, i Ndondo ya Bijombo ndetse no mu Bibogobogo.

Ingabo z’u Burundi ziri mu Burasizuba bwa RDC kuva mu 2022, nyuma y’aho habaye amasezerano y’ubufatanye hagati y’Ubutegetsi bw’i Kinshasa n’Ubwa Gitega mu Burundi.

Ahanini aya masezerano yasinywe n’abakuru b’ibihugu byombi, perezida Felix Tshisekedi na Evariste Ndayishimiye, agamije kurwanya umutwe wa m23 n’uwa Twirwaneho.

Nyuma y’ay’amasezerano, abasirikare b’u Burundi bahise boherezwa muri Kivu y’Amajyepfo n’i Yaruguru. Usibye ko muri Kivu y’Amajyaruguru, m23 yazikubise inshuro zihungira i Uvira muri Kivu y’Epfo ni Bujumbura mu Burundi.

Ariko mu busanzwe ubwo ziriya ngabo zoherezwaga mu Burasizuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, hari zoherejwe no mu misozi miremire y’i Mulenge, aho zajanwe mu Minembwe, Mikenke, Rurambo, i Ndondo ya Bijombo ndetse no mu Bibogobogo.

Izi ngabo na none zaje kwijandika mu bikorwa by’ubufatanye n’iza Congo n’imitwe irimo FDLR na Wazalendo byokwica abaturage no kubambura utwabo.

Byatumye haba imirwano hagati y’izi ngabo za Congo n’iz’u Burundi, aho byarangiye Twirwaneho izirukanye mu Minembwe na Mikenke.

Kuri ubu nk’uko amakuru agera kuri Minembwe Capital News avuga ko zisigariye mu duce twa Bijombo centre, Kuwumugethi, mu Mitamba na Murambya.

Ahandi ziri ni mu Cyohagati ahitwa kuri Nyamara, ndetse vuba aha hari izindi ziheruka koherezwa mu Bibogobogo, ni mu gihe no mu Rurambo naho hari izindi zihagize iminsi.

Izi ngabo zahungiye kuri Nyamara mu Cyohagati, nyuma y’aho zisakiranye na Twirwaneho izikubita umusubirizo mu Mikenke na Kamombo niko guhita zihungira aha kuri Nyamara.

Kurundi ruhande, Fardc yo iherereye mu Bijombo, Kuwumugethi, mu Mitamba, ikaba kandi iki genzura inzira imanuka iva mu Bijombo igana i Uvira. Iri kandi no mu Bibogobogo.

Hagataho, uyu mutwe wa Twirwaneho niwo ugenzura igice cya Mikenke, Kamombo na Minembwe, ndetse n’umuhanda uhuza Mikenke na Minembwe.

Kuba Twirwaneho igenzura igice cya Mikenke na Minembwe, ari nayo mijyi ibiri ikomeye i Mulenge, bikomeje kunezeza abaturage baturiye iyi misozi, kuko bafite icyizere ko n’aho ziriya ngabo zisigariye zizahahunga maze aka karere kabo kagasigaramo amahoro. Abaturiye imisozi miremire y’i Mulenge bashinja FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Wazalendo, kubica, kubasenyera no kubanyaga Inka zabo.

Tags: BijomboFardcIngabo z'u BurundiMikenke
Share54Tweet34Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mobutu Sese Seko ni umwe mu bategetsi...

Read moreDetails

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y'u Rwanda na Uganda MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

RDC: Ubumwe bw'u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h'Igihugu MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Ubumwe bw'u Burayi (European Union – EU)...

Read moreDetails

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits MINEMBWE CAPITAL NEWS...

Read moreDetails

ADF Yongeye Kumena Amaraso: Abasivili Bishwe Bunyamaswa mu Gace Kagenzurwa na FARDC, Mu gihe Aho MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bagenzura Hakomeje Kurangwa Umutekano

by Bahanda Bruce
July 23, 2026
0
ADF Yongeye Kumena Amaraso: Abasivili Bishwe Bunyamaswa mu Gace Kagenzurwa na FARDC, Mu gihe Aho MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bagenzura Hakomeje Kurangwa Umutekano

ADF Yongeye Kumena Amaraso: Abasivili Bishwe Bunyamaswa mu Gace Kagenzurwa na FARDC, Mu gihe Aho MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bagenzura Hakomeje Kurangwa Umutekano MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gitondo...

Read moreDetails
Next Post
Hahishuwe ko hari umugambi wo kwica Kamerhe muri Congo.

Hahishuwe ko hari umugambi wo kwica Kamerhe muri Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?