• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 22, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
July 12, 2025
in Regional Politics
0
Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Uhuru Kenyatta wahoze ayobora Kenya akaba ari n’umwe mubahuza mu bibazo by’intambara ibera mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yakiriwe i Kigali mu Rwanda, aho yakiriwe na perezida waho, Paul Kagame.

Uhuru ni umwe mu bahuza bashyizweho n’imiryango ya EAC, SADC mu kibazo cy’umutekano muke mu Burasizuba bwa Congo.

Ku wa gatanu tariki ya 11/07/2025, ni bwo Uhuru Kenyatta yakiriwe na perezida w’u Rwanda amwakirira muri Village Urugwiro.

Abayobozi bombi baganiriye ku bibazo by’intambara ibera muri RDC.

Ibi biganiro byabo, amakuru avuga ko byibanze ku muhate ukomeje kugaragazwa, kugira ngo amahoro arambye aboneke mu Burasizuba bwa Congo, no gukemura amakimbirane ari muri ako gace.

Ahanini ibibazo byo mu Burasirazuba bwa RDC byabaye ikibazo gikomeye nyuma y’aho umutwe wa M23 ufatiye intwaro ugatangiza urugamba, ukaba umaze kwigarurira ibice byo muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru.

Icyo kibazo ni cyo cyatumye hashyirwaho abahuza batandukanye mu rwego rwo gushakisha uko cyabonerwa umuti ngo intambara ihagarare, gusa na n’ubu ntibiragerwaho, icyakora ibiganiro birakomeje hagati y’impande zihanganye.

Kigali na Nairobi bisanzwe bifitanye umubano mwiza mu nzego zitandukanye. Uyu Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya, ubwo yari akiri umukuru w’iki gihugu, yahaye u Rwanda ubutaka bungana na hegitali 4 mu gice cyahariwe inganda cya Naivasha.

Ubwo butaka bwakwifashishwa n’u Rwanda mu gihe cyo gutwara ibicuruzwa bivanywe ku cyambu cya Mombasa bigana i Kigali mu Rwanda.

Tags: KagameRdcUhuru
Share31Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails
Next Post
Uko i Mulenge byifashe n’uduce FDLR n’Ingabo za RDC zagaragayemo.

Uko i Mulenge byifashe n'uduce FDLR n'Ingabo za RDC zagaragayemo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?