• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
July 12, 2025
in Regional Politics
0
Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Uhuru Kenyatta wahoze ayobora Kenya akaba ari n’umwe mubahuza mu bibazo by’intambara ibera mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yakiriwe i Kigali mu Rwanda, aho yakiriwe na perezida waho, Paul Kagame.

Uhuru ni umwe mu bahuza bashyizweho n’imiryango ya EAC, SADC mu kibazo cy’umutekano muke mu Burasizuba bwa Congo.

Ku wa gatanu tariki ya 11/07/2025, ni bwo Uhuru Kenyatta yakiriwe na perezida w’u Rwanda amwakirira muri Village Urugwiro.

Abayobozi bombi baganiriye ku bibazo by’intambara ibera muri RDC.

Ibi biganiro byabo, amakuru avuga ko byibanze ku muhate ukomeje kugaragazwa, kugira ngo amahoro arambye aboneke mu Burasizuba bwa Congo, no gukemura amakimbirane ari muri ako gace.

Ahanini ibibazo byo mu Burasirazuba bwa RDC byabaye ikibazo gikomeye nyuma y’aho umutwe wa M23 ufatiye intwaro ugatangiza urugamba, ukaba umaze kwigarurira ibice byo muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru.

Icyo kibazo ni cyo cyatumye hashyirwaho abahuza batandukanye mu rwego rwo gushakisha uko cyabonerwa umuti ngo intambara ihagarare, gusa na n’ubu ntibiragerwaho, icyakora ibiganiro birakomeje hagati y’impande zihanganye.

Kigali na Nairobi bisanzwe bifitanye umubano mwiza mu nzego zitandukanye. Uyu Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya, ubwo yari akiri umukuru w’iki gihugu, yahaye u Rwanda ubutaka bungana na hegitali 4 mu gice cyahariwe inganda cya Naivasha.

Ubwo butaka bwakwifashishwa n’u Rwanda mu gihe cyo gutwara ibicuruzwa bivanywe ku cyambu cya Mombasa bigana i Kigali mu Rwanda.

Tags: KagameRdcUhuru
Share31Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Uko i Mulenge byifashe n’uduce FDLR n’Ingabo za RDC zagaragayemo.

Uko i Mulenge byifashe n'uduce FDLR n'Ingabo za RDC zagaragayemo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?