Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame yageneye Donald Trump ubutumwa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 6, 2024
in Regional Politics
1
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame yageneye Donald Trump ubutumwa.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame yageneye Donald Trump ubutumwa.

You might also like

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yageneye Donald Trump ubutumwa watsindiye kongera kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerika nyuma yo gutsinda Kamala Harris.

Trump atorewe kuba perezida wa 47, wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Mu butumwa perezida w’u Rwanda yamugeneye aho yabunyujije kurukuta rwa x na Instagram ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 06/11/2024, yagize ati: “Perezida watowe Donald Trump, ndagushimiye cyane mu izina rya Guverinoma n’abaturage b’u Rwanda ku gutorwa kwawe kw’amateka kandi gukomeye nka perezida wa 47 w’Amerika.

Ubutumwa bwawe busobanutse bwahoze ari uko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ikwiye kuba umufatanyabikorwa w’amahitamo, uhamagarira abandi kuyifatiraho kubona ibintu nkayo no kubaho mu nyungu rusange z’ibihugu byombi mu myaka iri imbere.”

Abandi bageneye ubutumwa bwana Donald Trump barimo na minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yagize ati: “Intsinzi yawe y’amateka iguhesheje gusubira muri White House iraha Amerika uburyo bushya bwo kwisuganya no kongera gushimangira umubano uhamye hagati ya Israel na Amerika. Iyi ni intsinzi ya karandura.”

Trump wo mu ishyaka ry’Abarepubulikani yegukanye umwanya w’umukuru w’igihugu muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika atsinze Kamala Harris bari bahanganye wo mu ishyaka ry’Abademokarate. Ninyuma yokubona amajwi 277, mu gihe Kamala Harris afite 224.

Nubwo amajwi akiri kubarwa, Donald yamaze kwegukana amajwi ya “Electoral college” 270 asabwa kugira ngo umuntu atsinde amatora y’umukuru w’igihugu muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Tags: AmerikaDonaldPaul KagameRwanda
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Ibyo gusinya amasezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na Congo si byanone. Mu gihe Leta Zunze ubumwe z'Amerika zifuza ko u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo muri...

Read moreDetails

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi. Kikaya Bin Karubi, usanzwe ari mu bantu bahora hafi ya Joseph Kabila Kabange, akaba n'umujyamama we, ni...

Read moreDetails

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Kenya Department of Refugee Service Cracks Down on SIM Card Fraud The Department of Refugee Service (DRS) has issued a stern warning to refugees in Kenya, urging them...

Read moreDetails

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Agezweho y'Ingabo za Afrika y'Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC. Ingabo za Afrika y'Epfo zari zaroherejwe mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu butumwa bwa SADC,...

Read moreDetails

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23. Intumwa idasanzwe y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye ( UN) muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, ategerejwe mu mujyi...

Read moreDetails
Next Post
Muri Kivu y’Amajy’epfo, Abanyamulenge bari gucurwa bufuni na buhoro .

Muri Kivu y'Amajy'epfo, Abanyamulenge bari gucurwa bufuni na buhoro .

Comments 1

  1. Ensuent says:
    7 months ago

    can you buy priligy online CT angiography CTA of the aorta and lower extremities showed left popliteal fossa hematoma with associated mass effect upon the popliteal vessels and occlusion of the popliteal artery suspicious for popliteal artery rupture

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?