• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame yageneye Donald Trump ubutumwa.

minebwenews by minebwenews
November 6, 2024
in Regional Politics
1
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame yageneye Donald Trump ubutumwa.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame yageneye Donald Trump ubutumwa.

You might also like

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yageneye Donald Trump ubutumwa watsindiye kongera kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerika nyuma yo gutsinda Kamala Harris.

Trump atorewe kuba perezida wa 47, wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Mu butumwa perezida w’u Rwanda yamugeneye aho yabunyujije kurukuta rwa x na Instagram ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 06/11/2024, yagize ati: “Perezida watowe Donald Trump, ndagushimiye cyane mu izina rya Guverinoma n’abaturage b’u Rwanda ku gutorwa kwawe kw’amateka kandi gukomeye nka perezida wa 47 w’Amerika.

Ubutumwa bwawe busobanutse bwahoze ari uko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ikwiye kuba umufatanyabikorwa w’amahitamo, uhamagarira abandi kuyifatiraho kubona ibintu nkayo no kubaho mu nyungu rusange z’ibihugu byombi mu myaka iri imbere.”

Abandi bageneye ubutumwa bwana Donald Trump barimo na minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yagize ati: “Intsinzi yawe y’amateka iguhesheje gusubira muri White House iraha Amerika uburyo bushya bwo kwisuganya no kongera gushimangira umubano uhamye hagati ya Israel na Amerika. Iyi ni intsinzi ya karandura.”

Trump wo mu ishyaka ry’Abarepubulikani yegukanye umwanya w’umukuru w’igihugu muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika atsinze Kamala Harris bari bahanganye wo mu ishyaka ry’Abademokarate. Ninyuma yokubona amajwi 277, mu gihe Kamala Harris afite 224.

Nubwo amajwi akiri kubarwa, Donald yamaze kwegukana amajwi ya “Electoral college” 270 asabwa kugira ngo umuntu atsinde amatora y’umukuru w’igihugu muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Tags: AmerikaDonaldPaul KagameRwanda
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Muri Kivu y’Amajy’epfo, Abanyamulenge bari gucurwa bufuni na buhoro .

Muri Kivu y'Amajy'epfo, Abanyamulenge bari gucurwa bufuni na buhoro .

Comments 1

  1. Ensuent says:
    11 months ago

    can you buy priligy online CT angiography CTA of the aorta and lower extremities showed left popliteal fossa hematoma with associated mass effect upon the popliteal vessels and occlusion of the popliteal artery suspicious for popliteal artery rupture

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?