• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umusesenguzi w’umunyamulenge, Fidel Mugunguza,yagize icyavuga ku Banyamulenge, biyita “Abanationalist.”

minebwenews by minebwenews
December 10, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusesenguzi w’u munyamulenge, Fidel Mugunguza, yagize icyo avuga ku Banyamulenge biyita Abanationalist…

You might also like

Udushya Twaranze Isinywa ry’Amasezerano y’Amahoro hagati ya Kagame na Tshisekedi i Washington

Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Fidel, yasesenguye ibi ahereye kuri Audio iheruka kuvugisha benshi ‘ku mbuga nkoranya mbaga,’ aho byavuzwe ko iyo audio yatanzwe n’umwe mu Banyamulenge biyita Abanationalist, muriyo Audio y’umvikanye mo amagambo asebya “Twirwaneho na M23.”

Fidel, yagize ati: “Ijambo Nationalist, n’ijambo riri m’u rurimi rw’ikizungu biva mw’ijambo ‘Nation,’ bivuze: “ubwoko cangwa umurwi w’Abantu bafite intego imwe, umuco umwe n’A mateka amwe.”

“Mu myaka yashize nibwo irijambo ryatangiye gukoreshwa n’Abantu bake bo muri aba Banyamulenge, aho byavuzwe ko bashatse kuva mu bandi cyangwa se kwiyonkora mu bandi. Gusa navuga ko barikoresheje mu rwego rwo k’urwanya Abanationalist nyirizina aribo Abanyamulenge.”

“Abanyamulenge, basanzwe ari abantu bagira amateka amwe, umuco umwe ndetse n’ubutunzi busa(économies). Abanationalist, batangiye kuvuka nyuma gato y’ishyaka rya RCD, ubwo yari imaze kwa mamara mu Banyamulenge, hahise havuka abayirwanya ibyo Ushobora kwita ko byavuye kw’Ishari, ariko irishaka rya RCD ryari rifite abayoboke hafi yabose mu Banyamulenge.”

“Abatarashigikiye RCD, bake nibo baje kuvamo abiyita Abanationalist, ibyo njye nita ko baritesheje agaciro kuko ryaje mu buryo bw’usa nuburwanya abandi! kuko bakoresheje irizina nk’ikintu kigomba ku batandukanya n’abashigikiye Ishyaka rya RCD ryatangiye mu mwaka w’ 1998.”

“Umuyobozi wa mbere wayoboye RCD, yari Ernest Wamba Dia Wamba, uvuka mu Ntara ya Ituri, RCD wari umutwe w’inyeshamba (Rébellion), mu mwaka w’2003, uyu mutwe wa RDC waje kuja muri leta ya Kinshasa, hamwe n’indi mitwe myinshi yarwanyaga ubutegetsi bwa perezida Joseph Kabila, harimo nka MLC ya Jean Pierre Bemba yokwitariki 30.6.2003, n’indi.”

“Nk’uko bizwi Abanationalist, ahanini batangijwe na General Pacifique Masunzu, Kamanzi Kibibi, haza kuzamo n’abandi nka Sebineza Enoch n’abandi tu tabashije kumenya.”

“Muri bimwe biranga, bariya Banyamulenge, biyita Abanationalist, ahanini bagiye barwanya ibyo RCD ikora nibyo yabaga igambirira gukorera i Gihugu, Ingero dufite za hafi, ni Komine Minembwe, yatanzwe kuva mu mwaka w’2013, ariko urebye abayirwanyije harimo abo banationalist.”

“Ahagana mu mwaka w’2020, Major Sebagabo, nawe wiyita umunationalist, yakoze audio y’iminota irenga 10 atuka Col Makanika wemeye gusiga icyubahiro yarafite muri leta ya Kinshasa, aja gutabara Abanyamulenge bari mukaga ko kwicwa no kwangazwa, nimugihe umutwe w’inyeshamba wa Maï Maï Bishambuke ku bufasha bw’Ingabo za FARDC barimo bica bakanatoteza Abanyamulenge. Muri Audio ya Major Sebagabo, harimo ko yatutse Colonel Makanika, ibitutsi bigayitse.”

Bwana Fidel Mugunguza, yarangije atanga i Nama kuri aba Banyamulenge biyita Abanationalist, agize ati: “Ndasaba aba bacu biyita Abanationalist, kuva mubyo guhangana nibakore nk’ibyo RCD yakoze. Aho guhangana nibagire ibyo bakora batarwanya ibyabandi.”

Tags: Fidel Mugunguza yagize icyavuga ku Banyamulenge biyita AbanationalistUmunyamulengeW'u musesenguzi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Udushya Twaranze Isinywa ry’Amasezerano y’Amahoro hagati ya Kagame na Tshisekedi i Washington

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Udushya Twaranze Isinywa ry’Amasezerano y’Amahoro hagati ya Kagame na Tshisekedi i Washington Ku wa Kane tariki ya 04/12/2025, i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, habereye...

Read moreDetails

Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka Mu muhango w’amateka wabereye i Washington, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald...

Read moreDetails

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose Mu muhango w’amateka wabereye i Washington DC, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na...

Read moreDetails

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House Itangazo ryasohowe kuri uyu wa kane tariki ya 04/12/2025, na...

Read moreDetails

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w'umunye-Kongo Léonard She Okitundu, wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (2016–2019) akaba ubu ari Umudepite ndetse...

Read moreDetails
Next Post

Benshi mu basirikare b'u Burundi, barigucyurwa bavanwa RDC bafunzwe.

Comments 1

  1. Mugunguza Fidele says:
    2 years ago

    Nguko.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?