• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutwe wa M23 wabohoje utundi duce two muri Lubero.

minebwenews by minebwenews
December 5, 2024
in Regional Politics
0
Umutwe wa M23 wabohoje utundi duce two muri Lubero.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa M23 wabohoje utundi duce two muri Lubero.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ahar’ejo ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryahanganiye bikomeye n’umutwe wa M23 mu duce duherereye muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu Yaruguru. Uru ruhande rwa Leta rwa mburwa n’uduce tubiri two muri iyi teritware.

Ni imirwano amakuru ava muri ibyo bice yemeza ko yari komeye, ndetse kandi ikaba yaririje umunsi wose impande zombi zigihanganye.

Uduce bivugwa ko uyu mutwe wigaruriye, hari akitwa Miobwe na Katwa iherereye mu birometero nka bitanu uvuye muri centre ya komine Kirumba.

Iyi mirwano ikaba yarabaye ubwo Fardc n’abambari bayo bagerageje gutera ibirindiro bya M23 bya Kikubo, Hutwe na Matembe, ariko M23 ikaza kwirwanaho ibisubiza inyuma, nk’uko iy’inkuru ikomeza ibivuga.

Kuva mu cyumweru gishize, muri iyi teritware ya Lubero hakomeje kuba ihangana rikomeye ku ruhande rw’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta n’umutwe wa M23.

Gusa, buri ruhande rushinja urwabo kuba nyirinayazana. Ni mu gihe impande zombi zirebwa n’amasezerano ya gahenge kemeranyijweho mu biganiro by’i Luanda.

Kimwecyo M23 iheruka gutangaza ko yo itarebwa n’amasezerano y’i Luanda ngo kuko uruhande rwa Leta ruyitwikira rukaboneraho kuyigabaho ibitero. Bityo uyu mutwe uvuga ko witeguye gusanga ihuriro ry’ingabo za RDC ku birindiro riturukamo riwugabaho ibitero.

Si muri Lubero gusa havugwa imirwano, hubwo no muri za teritware za Rutshuru na Masisi; ku munsi w’ejo hashize aba barwanyi bo mu mutwe wa M23 bigaruriye uduce twinshi two muri izo teritware, ahanini muri Masisi.

Tags: LuberoM23
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo perezida Tshisekedi yavugiye imbere ya perezida Joe Biden….

Ibyo perezida Tshisekedi yavugiye imbere ya perezida Joe Biden….

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?