• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urugamba rwo ku munsi w’ejo hashize rwa rangiye M23 ifashe n’ibindi bice byo mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

minebwenews by minebwenews
March 24, 2024
in Regional Politics
0
Urugamba rwo ku munsi w’ejo hashize rwa rangiye M23 ifashe  n’ibindi bice byo mu Ntara ya Kivu Yaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu mirwano yabaye ku munsi w’ejo byarangiye abo kuruhande rwa leta ya Kinshasa bakijijwe n’amaguru.

You might also like

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Ni mirwano yasakiranije ingabo za FARDC n’abambari bayo mu gace ka Kivuye ko muri teritware ya Masisi ni Kibumba muri teritware ya Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Amakuru avuga ko urugamba rwa bereye i Kivuye rwa tangiye mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 23/03/2024, mu gihe i Kibumba ho rwa tangiye ahagana mu masaha ya saatanu z’igitondo.

Ni hagati y’ihuriro ry’ingabo za FARDC, FDLR, Wazalendo, abacancuro na SADC nabo bahanganye aribo M23.

MCN yabwiwe ko ku ruhande rw’i Kivuye FARDC n’abo bafatanya kurwanya M23 barahunze bakwira imishwaro ibyo bice biza gusigara byigaruriwe na M23.

Sosiyete sivile yo muri teritware ya Nyiragongo ihamya ko i Kibumba havugiye imbunda zikomeye ko kandi ako gace uruhande rwa leta ya Kinshasa barimo barwana ugupfa no gukira ni mugihe ibyo bice biri mu nkengero z’u Mujyi wa Goma.

Iyi Sosiyete sivile ikomeza ivuga ko M23 ko yabanjye kurushwa imbaraga mu masaha abanza ariko nyuma iza kw’irwanaho maze ingabo za FARDC n’abambari babo bayabangira ingata.

Gusa ubuyobozi bwa M23 bushinja Monusco guha ubufasha ingabo za leta bikarangira bwa bufasha burashe mu baturage rwa gati. Ibyo bikangiriza ibya baturage.

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yakoresheje urubuga rwe rwa X, agira ati: “Ubutegetsi butemewe bwa Kinshasa bugomba gukurikiranwa ku byaha byo mu ntambara no kwibasira ikiremwa muntu.”

Amakuru avuga ko M23 nyuma y’i mirwano y’ejo hashize, ikigenzura Kivuye n’udosozi twose tuyikikije yirukanyeho ingabo za leta zari zimaze igihe zihagenzura.

Tubibutsa ko imirwano yabaye kuri uyu wa Gatandatu mu gihe no ku wa Kane ndetse no k’uwa Gatatu, muri iki Cyumweru turimo hari habaye imirwano ikaze, yasize M23 y’igaruriye ibice byo muri Grupema ya Bashali -Mukoto nka Kirumbi, Gyagoro na Kalengera.

M23 ikaba yarongeye gusezeranya abaturage ko ingabo z’uwo mutwe zizarinda abaturage n’ibyabo ko kandi bazakora ibishoboka bakavanaho ubutegetsi bubi.

            MCN.
Tags: EjoKibumbaKivuyeM23 igeze mu bindi biceNyiragongoRwatangiyeurugamba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails
Next Post
Mu nama idasanzwe yateranye ejo ihuje abanyamuryango b’ibihugu bya Afrika y’Amajy’epfo, SADC, hafashwe izindi ngamba ku kugarura umutekano mu Burasirazuba bwa RDC.

Mu nama idasanzwe yateranye ejo ihuje abanyamuryango b'ibihugu bya Afrika y'Amajy'epfo, SADC, hafashwe izindi ngamba ku kugarura umutekano mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?