• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urugamba rwo ku munsi w’ejo hashize rwa rangiye M23 ifashe n’ibindi bice byo mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

minebwenews by minebwenews
March 24, 2024
in Regional Politics
0
Urugamba rwo ku munsi w’ejo hashize rwa rangiye M23 ifashe  n’ibindi bice byo mu Ntara ya Kivu Yaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu mirwano yabaye ku munsi w’ejo byarangiye abo kuruhande rwa leta ya Kinshasa bakijijwe n’amaguru.

You might also like

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ni mirwano yasakiranije ingabo za FARDC n’abambari bayo mu gace ka Kivuye ko muri teritware ya Masisi ni Kibumba muri teritware ya Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Amakuru avuga ko urugamba rwa bereye i Kivuye rwa tangiye mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 23/03/2024, mu gihe i Kibumba ho rwa tangiye ahagana mu masaha ya saatanu z’igitondo.

Ni hagati y’ihuriro ry’ingabo za FARDC, FDLR, Wazalendo, abacancuro na SADC nabo bahanganye aribo M23.

MCN yabwiwe ko ku ruhande rw’i Kivuye FARDC n’abo bafatanya kurwanya M23 barahunze bakwira imishwaro ibyo bice biza gusigara byigaruriwe na M23.

Sosiyete sivile yo muri teritware ya Nyiragongo ihamya ko i Kibumba havugiye imbunda zikomeye ko kandi ako gace uruhande rwa leta ya Kinshasa barimo barwana ugupfa no gukira ni mugihe ibyo bice biri mu nkengero z’u Mujyi wa Goma.

Iyi Sosiyete sivile ikomeza ivuga ko M23 ko yabanjye kurushwa imbaraga mu masaha abanza ariko nyuma iza kw’irwanaho maze ingabo za FARDC n’abambari babo bayabangira ingata.

Gusa ubuyobozi bwa M23 bushinja Monusco guha ubufasha ingabo za leta bikarangira bwa bufasha burashe mu baturage rwa gati. Ibyo bikangiriza ibya baturage.

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yakoresheje urubuga rwe rwa X, agira ati: “Ubutegetsi butemewe bwa Kinshasa bugomba gukurikiranwa ku byaha byo mu ntambara no kwibasira ikiremwa muntu.”

Amakuru avuga ko M23 nyuma y’i mirwano y’ejo hashize, ikigenzura Kivuye n’udosozi twose tuyikikije yirukanyeho ingabo za leta zari zimaze igihe zihagenzura.

Tubibutsa ko imirwano yabaye kuri uyu wa Gatandatu mu gihe no ku wa Kane ndetse no k’uwa Gatatu, muri iki Cyumweru turimo hari habaye imirwano ikaze, yasize M23 y’igaruriye ibice byo muri Grupema ya Bashali -Mukoto nka Kirumbi, Gyagoro na Kalengera.

M23 ikaba yarongeye gusezeranya abaturage ko ingabo z’uwo mutwe zizarinda abaturage n’ibyabo ko kandi bazakora ibishoboka bakavanaho ubutegetsi bubi.

            MCN.
Tags: EjoKibumbaKivuyeM23 igeze mu bindi biceNyiragongoRwatangiyeurugamba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026 Mu mwaka wa 2026, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye kugaragara ku rutonde rw’ibihugu...

Read moreDetails

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

by Bahanda Bruce
January 27, 2026
0
Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana Raporo nshya yashyizwe ahagaragara n’umuryango Norwegian People’s Aid (NPA) igaragaza ishusho iteje impungenge ku ngaruka ndende z’igeragezwa ry’intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Mu nama idasanzwe yateranye ejo ihuje abanyamuryango b’ibihugu bya Afrika y’Amajy’epfo, SADC, hafashwe izindi ngamba ku kugarura umutekano mu Burasirazuba bwa RDC.

Mu nama idasanzwe yateranye ejo ihuje abanyamuryango b'ibihugu bya Afrika y'Amajy'epfo, SADC, hafashwe izindi ngamba ku kugarura umutekano mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?