• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uvira habereye inama ikaze ku ruhande rw’ingabo za Congo n’iz’u Burundi.

minebwenews by minebwenews
May 15, 2025
in Regional Politics
0
Uvira habereye inama ikaze ku ruhande rw’ingabo za Congo n’iz’u Burundi.
78
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Uvira habereye inama ikaze ku ruhande rw’ingabo za Congo n’iz’u Burundi.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Amakuru aturuka i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, avuga ko haheruka kubera inama idasanzwe yahuriyemo abayobozi b’igisirikare cya Congo n’icyu Burundi, ikanafatirwamo ibyemezo bikaze.

Iyi nama yabaye ku wa gatatu tariki ya 14/05/2025, ibera mu mujyi wa Uvira uherereye mu birometero bike uvuye i Bujumbura mu Burundi.

Bikavugwa ko yahuriyemo umugaba mukuru w’Ingabo za Congo wayijemo avuye i Kinshasa n’uw’u Burundi bwana Lt.Gen. Prime Niyongabo, nawe waje aturuka i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi.

Aya makuru ava muri uwo mujyi muto wa Uvira ahamya ko iyo nama ko yatangiye igihe c’isaha z’igitondo igeza ku gicamunsi cyo kuri uwo wa gatatu.

Aho ngo aba bakuru b’ingabo bayigiyemo ibintu bitandukanye birimo ko bayifatiyemo n’ibyemezo bikomeye, kuko banzuye ko FARDC ivanga ingabo zayo na Wazalendo, ni mu gihe izo mpande zombi zari zigize igihe zitavuga rumwe.

Ibyo kutavuga rumwe kw’izi mpande zombi, byaje nyuma y’aho FARDC yasabye Wazalendo kuva muri uyu mujyi wa Uvira kuko ibashinja kuwutezamo umutekano muke. Gusa kuva mbere impande zombi hagiye haba ukutumvukana, aho byatangiye nyuma yuko umujyi wa Bukavu n’uwa Goma byigaruriwe n’umutwe wa M23. Bigatuma buri ruhande rushinja urundi kuba nyiribayazana wo kwamburwa ibyo bice bivugwa haruguru.

Ibindi kandi byemerejwe muri ibyo biganiro ni uko Wazalendo na FARDC bategetswe kutazongera gusubiranamo, ngo kuko biteza umutekano muke muri uyu mujyi wa Uvira.

Banasezeranyije impande zombi kuzohereza ibikoresho bya gisirikare bikomeye, kugira ngo bizifashe kuwurinda, mu rwego rwo kugira ngo udafatwa n’umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho.

Ndetse kandi umugaba mukuru w’Ingabo za Congo yanabwiye abaturiye uyu mujyi wa Uvira ko utazigera ugwa mu biganza by’abarwanyi ba M23.

Ati: “Abantu ntibagira ubwoba, M23 ntizigera ifata umujyi wa Uvira.”

Na none kandi Wazalendo babwiwe ko bagiye kuzajya bahabwa umushahara, ngo kabone nubwo batazahembwa nk’uko abasirikare bahembwa.

Ati: “Wazalendo, nzabavugira bajye bahabwa amafaranga. Nubwo batohabwa ayumurengera, ariko boza bahabwa make make ku kwezi.”

Uvira ikaba isanzwemo ingabo z’u Burundi iza FARDC, FDLR na Wazalendo. Kuva mu mwaka wa 2023, ingabo z’u Burundi zifasha igisirikare cya RDC kurwanya M23. N’i bikorwa zinahuriramo n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Tags: BurundiFardcInamaUviraWazalendo
Share31Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Ihuriro ry’ingabo za Congo zihishe i Walungu, M23 yaziburiye.

Ibindi byavuzwe ku gitero FARDC yenda gutera mu Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?