• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibiganiro bikaze hagati ya bayobozi ba RDC na perezida wa Uganda.

minebwenews by minebwenews
November 18, 2024
in Regional Politics
3
Ibiganiro bikaze hagati ya bayobozi ba RDC na perezida wa Uganda.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibiganiro bikaze hagati ya bayobozi ba RDC na perezida wa Uganda.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

I Kampala muri Uganda, perezida Yoweli Kaguta Museveni yakiriye itsinda ry’abadepite bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo bagirana ibiganiro bigamije kunoza umubano w’ibihugu byombi.

Ku wa Gatandatu w’iki Cyumweru dusoje, tariki ya 16/11/2024 nibwo uwo mubonano wabaye, ubera i Kampala muri Uganda.

Itsinda ry’abadepite ryaje riva muri RDC ryari riyobowe na bwana Lambert Mende Omalanga, wabaye minisitiri w’itangazamakuru n’itumanaho ndetse n’umuyobozi wa Guverinoma ya Joseph Kabila Kabange.

Perezida Yoweli Kaguta Museveni yakiriye ir’itsinda bagirana ibiganiro bikomeye bikaba byarabereye mu muhezo.
Amakuru yemeza ko impande zombi zemeranyije umushinga wo gushyiraho itsinda ry’ubutwererane hagati y’inteko ishinga mategeko z’ibihugu byombi.

Hemejwe ubufatanye mu gukurikirana no gusuzuma ishyirwa mu bikorwa ry’imishinga ihuriweho mu by’ubukungu ndetse n’umutekano, hagamijwe guteza imbere imikoranire myiza hagati y’ibihugu byombi.

Lembert Mende yavuze ko mu byo baganiriye harimo no gukomeza ubufatanye mu guhashya umutwe wa ADF-NALU wayogoje u Burasirazuba bwa RDC.

Muri iyi minsi umubano wa RDC na Uganda ugenda urushaho gukomera ni mu gihe abategetsi ba Kinshasa bakomeza gusimburana baja i Kampala mu biganiro, mu gihe imirwanoyo ikomeje hagati y’igisikare cy’iki gihugu cya RDC n’umutwe wa M23 mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Perezida Yoweli Kaguta Museveni yakunze kugaragaza ko umutekano wo mu Burasirazuba bwa RDC uzava mu kuganira hagati y’ubuyobozi bwa Kinshasa na M23.

Ibyo perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi atarigera yumva, hubwo avuga ko no kurota yaganiriye n’uwo mutwe bitazamubaho.

Tags: ibiganiroKamaplaKinshasa
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Undi wari inkingi ikomeye muri Hezbollah yishwe.

Undi wari inkingi ikomeye muri Hezbollah yishwe.

Comments 3

  1. Ensuent says:
    1 year ago

    [url=https://fastpriligy.top/]priligy results[/url] Ernst ME, Carter BL, Basile JN

  2. Ensuent says:
    1 year ago

    You may need or want to wait to have children for a variety of reasons [url=https://fastpriligy.top/]dapoxetine for premature[/url] Cardiac TGF ОІ1, CTGF, ACE and AT 1A receptor gene expression

  3. Ensuent says:
    1 year ago

    Symptoms and signs of CVT can be grouped into three major syndromes [url=https://fastpriligy.top/]buy priligy on the internet without a prescription[/url]

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?