• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 11, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

General Eddy Kapend, yemeje urupfu rwa baguye mu kigo cy’imyitozo ya Gisirikare i Mura, mu Ntara ya Haut-Katanga.

minebwenews by minebwenews
January 26, 2024
in Regional Politics
0
General Eddy Kapend, yemeje urupfu rwa baguye mu kigo cy’imyitozo ya Gisirikare i Mura, mu Ntara ya Haut-Katanga.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Indwara ya Cholera yishe abantu ba barigwa mu i cyumi, mu kigo cy’imyitozo yagisirikare giheherereye i Mura, mu Ntara ya Haut-Katanga, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Bya vuzwe ko indwara ya Cholera, yatangiye kuvugwa mu kigo cya Mura, mu Cyumweru gishize aho kugeza ubu ihangayikishije abatari bake, baherereye muri ibyo bice ni mugihe abayirwaye bivugwa ko bakiri benshi.

Ubuyobozi bw’Ingabo z’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu Ntara ya Haut-Katanga, kuri uyu wa Gatanu, tariki 26/01/024, bemeje ay’amakuru banatangaza ko abamaze guhitanwa niyo ndwara ba barigwa mu i Cyumi.

Ibi n’ibyatangajwe n’umusirikare uyoboye akarere ka Gisirikare mu Ntara ya Haut-Katanga(22ème région militaire, General Eddy Kapend.

Uyu muyobozi uvuga rikijana mu Ntara ya Haut-Katanga, yanavuze ko hagiye gufatwa ingamba zikarishye kugira haboneke igisubizo kirambye ku bwahangayikoshijwe niyo ndwara, n’ubwo ikinze kwibasira muri Congo cyane.

Yagize ati: “Kuri ubu abamaze guhitanwa na Cholera, muri iki kigo cya Mura, ni abantu i Cyumi. Turimo gukora ibishoboka byose ngo haboneke igisubizo cyihuse maze duce burundu Cholera.”

Bruce Bahanda.

Tags: 10 baguye mu kigo cy'imyitozo ya Gisirikare i MuraEddy KapendMura
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

by Bahanda Bruce
September 11, 2025
0
AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by'umuryango ukomeye ku isi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo,...

Read moreDetails

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails
Next Post
Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma, yatangaje iki giye gukurikiraho nyuma y’uko ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, zishe abasivile.

Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma, yatangaje iki giye gukurikiraho nyuma y'uko ihuriro ry'Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, zishe abasivile.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?