Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Menya agace ka Somikivu, aho M23 isatira igana, nyuma y’uko ba mbuye ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa centre ikomeye ya Nyanzale.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 7, 2024
in Regional Politics
0
Menya agace ka Somikivu, aho M23 isatira igana, nyuma y’uko ba mbuye ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa centre ikomeye ya Nyanzale.
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya agace ka Somikivu, aho M23 yerekeje nyuma y’uko yambuye ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, centre ya Nyanzale yo muri teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Somikivu n’agace gacukurirwamo amabuye y’agaciro, kari muri teritware ya Rutsuru, ka kaba gaherereye mu birometre 100 mu majyaruguru y’iburengerazuba by’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Somikivu iri hafi na centre ya Nyanzale, icukurirwamo ibirombe by’amabuye y’agaciro bifatwa nk’i bya Kabiri nyuma ya Rubaya yo muri teritware ya Masisi, nayo iri mu maboko ya M23 ifatwa nk’i ya kabiri mu gihugu hose.

Amabuye y’agaciro acukurirwa mugace ka Lueshi ariho Somikivu, haboneka cyane ayitwa “Niobium,” akoreshwa mugukora ibyuma bidasanzwe, moteri z’indege, imiyoboro y’ibyogajuru, roketi z’i mbunda ziremereye n’izindi mbunda zirasa kure na hafi.

Aka gace niko M23 irimo gusatira iganamo, nyuma y’uko bafashe ibindi bice bikomeye, mu mirwano imaze iminsi ibiri ibera muduce tumwe turi muri Rutsuru utundi muri Masisi, nka Gatsiro, Mabenga, ibirindiro bikomeye bya gisirikare bya Majengo, Ngoroba na Kashalira.

Iy’i mirwano ikomeye yabaye kuva kumunsi wa Mbere w’iki Cyumweru, yabaye nyuma y’uko i Goma hari havuyemo i Nama idasanzwe y’abagaba bakuru b’Ingabo z’i bihugu bifite abasirikare baje gufasha igisirikare cya leta ya Congo kurwanya M23.

Yabaye kandi mu gihe mu mpera z’i Cyumweru dusoje minisitiri w’ingabo Jean Pierre Bemba Gombo yari yatangaje ko M23 ikomeje kugira imbaraga zidasanzwe, muri cyo gihe avuga ko uwo mutwe uhabwa ubufasha n’abimwe mu bihugu bituraniye RDC.

Kimwe ho ubuyobozi bwa M23 buhakana ko butagira ubufasha ubwari bwo bwose, hubwo bagashinja ingabo zihanganye nabo kurasa ibisasu biremereye, ba kabyohereza mu baturage.

Nibyo Lt Col Willy Ngoma, umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, aheruka gutangaza ko Ingabo z’u mutwe wa M23 zikora ibishoboka byose zikarwana ku buturage mu gihe batewemo ibisasu by’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa.

Bizwi ko ingabo zo mu gihugu cya Afrika y’Epfo, Malawi na Tanzania, ndetse n’izu Burundi ziri mu zifasha igisirikare cya Congo, hiyongereho kandi n’imitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR, Wazalendo n’indi mitwe y’amahanga nka Abacanshuro (Wagner), ariko M23 ibakubita inshuro nku kubita umuntu umwe.

          MCN.
Tags: Ibirombe by'amabuye y'agaciroIrasatira gufataM23Somikivu
Share27Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Bidasubirwaho i Gihugu cy’u Burusiya cyiyemeje gushigikira igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu rugamba kirimo.

Bidasubirwaho i Gihugu cy'u Burusiya cyiyemeje gushigikira igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu rugamba kirimo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?