• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Havuzwe ibisa nibiteye ubwoba ku Banyamulenge baturiye imisozi miremire y’Imulenge

minebwenews by minebwenews
April 27, 2024
in World News
0
Havuzwe ibisa nibiteye ubwoba ku Banyamulenge baturiye imisozi miremire y’Imulenge
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe ibisa nibiteye ubwoba ku Banyamulenge baturiye imisozi miremire y’Imulenge.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Ni amakuru avugwa n’abaturiye i Ndondo ya Bijombo, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Bavuga ko umutwe wa Gumino uyobowe n’uwiyita Colonel Alexis Nyamusaraba, urimo kwa kira Imbonerakure zo mu gihugu cy’u Burundi, ukaba kirira ahitwa mu Kajembwe ho muri Grupema ya Bijombo, ahazwi nk’i wabo wa Nyamusaraba avuka.

Ay’amakuru anavuga ko ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 26/04/2024 Nyamusaraba ubwe, yafashe urugendo aja gutega iz’Imbonerakure azitegera mu Magunda aho zari zahurukiye zivuye mu gihugu cy’u Burundi.

Minembwe Capital News yahawe amakuru ko mu Kajembwe iwabo wa ba Nyamusaraba hagiye kubakwa ibirindiro bikomeye by’Imbonerakure.

Ibyo bivuzwe mu gihe Koboyi nawe w’umukomanda mu barwanyi ba Nyamusaraba, yari aheruka koherezwa i Bukavu, yoherejwe na Nyamusaraba aho bivugwa ko yagiye kuganira n’ubuyobozi bw’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

Ku rundi ruhande ubuyobozi bw’u mutwe wa M23, buheruka gushira inyandiko hanze bakoresheje urubuga rwa x, bagaragaza ko leta y”u Burundi yaguze imipanga myinshi kandi ikaba irimo no kugira abo itoza mu Mbonerakure, bityo bakoherezwa mu Burasirazuba bwa RDC kuja gutsemba Abatutsi bo muri Congo Kinshasa.

Izo nyandiko zagaragaje neza ko bamwe mu Mbonerakure bafite iyo gahunda yo gutsemba Abatutsi ko boherejwe i Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, abandi ngo bakaba bari i Goma n’ahandi.

Ni kenshi ubutegetsi bw’u Burundi bwagiye buvugwa mu migambi yo kwica Abanyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange. Kuva iki gihugu cy’u Burundi na RDC bitangiye gucudika.

             MCN.
Tags: AbanyamulengeBaturiye imisozi miremire y'ImulengeBijomboHavuzweIbisa nibiteye ubwobaKajembweNyamusaraba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Kuri uyu wa Gatandatu, M23 yakozanijeho n’ihuriro ry’Ingabo za guverinoma ya Congo, mu Ntara ya Kivu majyaruguru.

Kuri uyu wa Gatandatu, M23 yakozanijeho n'ihuriro ry'Ingabo za guverinoma ya Congo, mu Ntara ya Kivu majyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?