• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 12, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Havuzwe ibisa nibiteye ubwoba ku Banyamulenge baturiye imisozi miremire y’Imulenge

minebwenews by minebwenews
April 27, 2024
in World News
0
Havuzwe ibisa nibiteye ubwoba ku Banyamulenge baturiye imisozi miremire y’Imulenge
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe ibisa nibiteye ubwoba ku Banyamulenge baturiye imisozi miremire y’Imulenge.

Ni amakuru avugwa n’abaturiye i Ndondo ya Bijombo, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

READ ALSO

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

Bavuga ko umutwe wa Gumino uyobowe n’uwiyita Colonel Alexis Nyamusaraba, urimo kwa kira Imbonerakure zo mu gihugu cy’u Burundi, ukaba kirira ahitwa mu Kajembwe ho muri Grupema ya Bijombo, ahazwi nk’i wabo wa Nyamusaraba avuka.

Ay’amakuru anavuga ko ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 26/04/2024 Nyamusaraba ubwe, yafashe urugendo aja gutega iz’Imbonerakure azitegera mu Magunda aho zari zahurukiye zivuye mu gihugu cy’u Burundi.

Minembwe Capital News yahawe amakuru ko mu Kajembwe iwabo wa ba Nyamusaraba hagiye kubakwa ibirindiro bikomeye by’Imbonerakure.

Ibyo bivuzwe mu gihe Koboyi nawe w’umukomanda mu barwanyi ba Nyamusaraba, yari aheruka koherezwa i Bukavu, yoherejwe na Nyamusaraba aho bivugwa ko yagiye kuganira n’ubuyobozi bw’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

Ku rundi ruhande ubuyobozi bw’u mutwe wa M23, buheruka gushira inyandiko hanze bakoresheje urubuga rwa x, bagaragaza ko leta y”u Burundi yaguze imipanga myinshi kandi ikaba irimo no kugira abo itoza mu Mbonerakure, bityo bakoherezwa mu Burasirazuba bwa RDC kuja gutsemba Abatutsi bo muri Congo Kinshasa.

Izo nyandiko zagaragaje neza ko bamwe mu Mbonerakure bafite iyo gahunda yo gutsemba Abatutsi ko boherejwe i Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, abandi ngo bakaba bari i Goma n’ahandi.

Ni kenshi ubutegetsi bw’u Burundi bwagiye buvugwa mu migambi yo kwica Abanyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange. Kuva iki gihugu cy’u Burundi na RDC bitangiye gucudika.

             MCN.
Tags: AbanyamulengeBaturiye imisozi miremire y'ImulengeBijomboHavuzweIbisa nibiteye ubwobaKajembweNyamusaraba

Related Posts

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira
World News

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

September 10, 2026
OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo
World News

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

September 10, 2026
Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko
World News

Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko

September 9, 2026
U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza
World News

U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza

September 9, 2026
Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye
World News

Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye

September 6, 2026
RDC–Israel: Perezida Herzog yasezeranyije gufasha Tshisekedi, mu Burasirazuba abaturage basaba ko ubufasha butazongera intambara
World News

RDC : Une décision majeure, l’ambassade en Israël sera transférée à Jérusalem

September 4, 2026
Next Post
Kuri uyu wa Gatandatu, M23 yakozanijeho n’ihuriro ry’Ingabo za guverinoma ya Congo, mu Ntara ya Kivu majyaruguru.

Kuri uyu wa Gatandatu, M23 yakozanijeho n'ihuriro ry'Ingabo za guverinoma ya Congo, mu Ntara ya Kivu majyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
  • Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
  • C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?