• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Havuzwe ibindi byimbitse kuri Wazalendo baheruka kwifatanya na M23 ari benshi, muri teritwari ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
May 10, 2024
in World News
2
Havuzwe ibindi byimbitse kuri Wazalendo baheruka kwifatanya na M23 ari benshi, muri teritwari ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe andi makuru kuri Wazalendo baheruka kwifatanya na M23 ari benshi, muri teritwari ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Ni ahagana mu mpera z’i Cyumweru gishize, nibwo Wazalendo biyunze kuri M23, bitandukanya n’igisirikare cya leta ya Kinshasa aho bari bagize igihe barwanya uyu mutwe ufite intego yo kurandura ubutegetsi bwa perezida Félix Antoine Tshisekedi, ubwo wita ‘bubi,’ nk’uko ay’amakuru tuyakesha abarwanyi ba M23.

Nk’uko ay’amakuru yasobanuwe n’uko ukwiyunga kwa Wazalendo muri M23 bifatanye isano na General Byamungu usanzwe ariwe w’ungirije Gen Sultan Makenga mu gisirikare cya M23.

Bavuga ko Wazalendo biyunze na M23 bavuka mu bwoko bw’Abatembo, bo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, abo General Byamungu nawe avukamo.

Ikindi cyavuzwe n’uko ukwiyunga kwabo Wazalendo bo mu bwoko bw’Abatembo, muri M23 biva kukuba M23 ifite igisirikare gikomeye kuko kuri ubu kimaze kwigarurira ibice byinshi byo muri teritwari ya Masisi, Rutshuru na Nyiragongo, ndetse nigice cyo muri teritwari ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ubundi kandi M23 irarwana ntisubira inyuma ndetse ikaba irwanira uburenganzira bwabo, nk’uko byagiye bigarukwaho n’ubuyobozi bwa M23, harimo na Lawrence Kanyuka ukunze kugaragaza ubwicanyi bukorerwa Abatutsi bukozwe n’igisirikare cya leta ya Congo.

General Byamungu, byavuzwe ko yaba yaragize uruhare runini kugira Wazalendo bifatanye na M23, ni umwe mu basirikare ba M23 bazwi cyane mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Mu mwaka w’ 2010 yari komanda zone wa Uvira, icyo gihe yari umusirikare wa leta, akaba kandi yari umusirikare wari ukomeye igihe cya “Amani Leo.”

Byamungu kandi azwi mu misozi miremire y’Imulenge kuko ari mu basirikare ba leta ya Kinshasa bagize uruhare runini mu kuvana Gumino ya Colonel Venant Bisogo mu ishyamba, aho yari kumwe na Gen Sultan Makenga, ndetse na Gen Kahimbi Delphin. Ubwo hari mu mwaka w’ 2011.

                MCN.
Tags: BiyunzeKuri M23Wazalendo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Abarwanyi ba Gumino, ngo bagiye kujya bahabwa agatubutse, mu misozi ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Abarwanyi ba Gumino, ngo bagiye kujya bahabwa agatubutse, mu misozi ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo.

Comments 2

  1. batmanapollo.ru says:
    1 year ago

    batmanapollo.ru

  2. batmanapollo.ru says:
    1 year ago

    batmanapollo.ru

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?