Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Byibuze abagera kuri batandatu nibo bapfuye, baguye mu ikambi ya Rusayo iherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 11, 2024
in World News
0
Byibuze abagera kuri batandatu nibo bapfuye, baguye mu ikambi ya Rusayo iherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abantu barenga batanu bamaze gupfa bishwe n’inzara mu ikambi ya Rusayo iherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni amakuru yemejwe n’umuyobozi w’iyi kambi ya Rusayo, bwana Joseph Kamara, aho yatanze ubutumwa bwo kwihanganisha imiryango y’aba buze ababo.

Yagize ati: “Twihanganishije ababuze ababo, kandi tunasaba leta kugira icyo ikoze kugira ngo igoboke aba kuwe mu byabo bataza kwicwa n’inzara.”

Muri ubwo butumwa yatanze yanavuze ko ikambi ya Rusayo icyumbikiwemo abantu bagera ku bihumbi makumyabiri nabitatu. Yongeraho ko kubera kubura ubufasha bw’ibiribwa, abantu bari gupfa bazize imirire mibi.

Ati: “Dukeneye ibiryo kuko hano hari abantu benshi bapfa. Hari abantu batandatu bapfuye bazize inzara mu gihe cy’u kwezi ku mwe.”

Yavuze ko kandi ikambi ya Rusayo ifite abantu benshi ariko ikaba ifite ubwiherero buke, aho yavuze ko ziriya ngo zose zigira ubwiherero butandatu gusa.

Joseph Kamara yahise ahamagarira ubuyobozi bw’i gihugu n’imiryango mpuzamahanga ifasha ikiremwa muntu gukora ibishoboka byose bagatanga ubufasha bw’ibanze kuri aba bakuwe mu byabo kubera intarambara ihanganishije M23 n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.

       MCN.
Tags: Byibuze abagera kuri batandatu bapfuyeIkambi ya RusayoInzara
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya Kinshasa yisubiyeho ku cyemezo cyo gusenya umutwe w’iterabwaba wa FDLR.

Leta ya Kinshasa yisubiyeho ku cyemezo cyo gusenya umutwe w'iterabwaba wa FDLR.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?