Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Byibuze abagera kuri batandatu nibo bapfuye, baguye mu ikambi ya Rusayo iherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 11, 2024
in World News
0
Byibuze abagera kuri batandatu nibo bapfuye, baguye mu ikambi ya Rusayo iherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abantu barenga batanu bamaze gupfa bishwe n’inzara mu ikambi ya Rusayo iherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Ni amakuru yemejwe n’umuyobozi w’iyi kambi ya Rusayo, bwana Joseph Kamara, aho yatanze ubutumwa bwo kwihanganisha imiryango y’aba buze ababo.

Yagize ati: “Twihanganishije ababuze ababo, kandi tunasaba leta kugira icyo ikoze kugira ngo igoboke aba kuwe mu byabo bataza kwicwa n’inzara.”

Muri ubwo butumwa yatanze yanavuze ko ikambi ya Rusayo icyumbikiwemo abantu bagera ku bihumbi makumyabiri nabitatu. Yongeraho ko kubera kubura ubufasha bw’ibiribwa, abantu bari gupfa bazize imirire mibi.

Ati: “Dukeneye ibiryo kuko hano hari abantu benshi bapfa. Hari abantu batandatu bapfuye bazize inzara mu gihe cy’u kwezi ku mwe.”

Yavuze ko kandi ikambi ya Rusayo ifite abantu benshi ariko ikaba ifite ubwiherero buke, aho yavuze ko ziriya ngo zose zigira ubwiherero butandatu gusa.

Joseph Kamara yahise ahamagarira ubuyobozi bw’i gihugu n’imiryango mpuzamahanga ifasha ikiremwa muntu gukora ibishoboka byose bagatanga ubufasha bw’ibanze kuri aba bakuwe mu byabo kubera intarambara ihanganishije M23 n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.

       MCN.
Tags: Byibuze abagera kuri batandatu bapfuyeIkambi ya RusayoInzara
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya Kinshasa yisubiyeho ku cyemezo cyo gusenya umutwe w’iterabwaba wa FDLR.

Leta ya Kinshasa yisubiyeho ku cyemezo cyo gusenya umutwe w'iterabwaba wa FDLR.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?