Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Wazalendo barwanirira leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo bishe umunyarwanda bamunyaga nibye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 28, 2024
in World News
0
Wazalendo barwanirira leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo bishe umunyarwanda bamunyaga nibye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Wazalendo barwanirira leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo bishe umunyarwanda bamunyaga nibye.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni ku munsi wo ku Cyumweru tariki ya 26/05/2024, nibwo Wazalendo bishe umunyarwanda bamunyaga n’ihene zirenga 23 bamusanganye aragiye, nk’uko iy’inkuru iva muri ibyo bice ibivuga.

Ay’amakuru yahawe Minembwe Capital News avuga ko ibyo byabereye mu Kibaya cya Rusizi ki gabanya ubutaka bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo n’u Rwanda.

Kandi ko ibyo byabaye mu masaha ya saa kumi z’u mugoroba wo ku Cyumweru. Abaturage baherereye muri ibyo bice bavuga ko uyu munyarwanda wishwe yitwa Joseph Samvura, yari uwo mu murenge wa Busesamana ho muri Rubavu.

Ubuhamya twahawe kuri Minembwe Capital News buvuga ko Wazalendo baje bashaka kwiba ihene, mu gihe bageragezaga kugira ngo bazishorere Joseph Samvura nawe agatabaza bituma bamutera icyuma cy’imbunda ahita apfa barangije baraziba.

Ubuhamya bw’u muturage bugira buti: “Narindimo guhinga hafi naho byabereye mu Kibaya cya Rusizi, Samvura nawe yari aragiye ihene hafi aho numva arimo gutabaza niruka njya kureba ikibaye nsanga Wazalendo babiri bari kwirukankana ihene bazijana muri RDC.”

Yakomeje agira ati: “Haje kuza undi musore aramfasha dushaka Joseph Samvura dusanga ahantu arimo gusambira ba muteye ibyuma bibiri kimwe mu mutwe ikindi munda, turamurengeza tumujana mu kigo nderabuzima cya Busesamana ari naho yaje kurangiriza.”

Iki kibaya gihuza u Rwanda na Congo Kinshasa cyagiye kivogerwa n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo ahanini bagishimutiramo abantu, amatungo y’abaturage bitewe n’uko ibi bice bitagaragara neza.

      MCN.
Tags: Banyaga iheneBishe umunyarwandaIkibaye cya RusiziJoseph SamvuraWazalendo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Bidasubirwaho ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ryishe abaturage kandi riranabasenyera mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Bidasubirwaho ihuriro ry'Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ryishe abaturage kandi riranabasenyera mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?