Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Maï Maï yavuze impamvu yageze mu Bibogobogo ku munsi w’ejo hashize, ahatuwe n’Abanyamulenge benshi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 17, 2024
in World News
0
Maï Maï yavuze impamvu yageze mu Bibogobogo ku munsi w’ejo hashize, ahatuwe n’Abanyamulenge benshi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Maï Maï yavuze impamvu yageze mu Bibogobogo ku munsi w’ejo hashize, ahatuwe n’Abanyamulenge benshi.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri iki Cyumweru cy’ejo hashize, nibwo abarwanyi ba Maï Maï bazengurutse ibice byinshi byo muri Bibogobogo, barangije basubira iyo baje bava kandi baha ya nzira n’ubundi bari baturutsemo.

Amasoko yacu dukesha iy’inkuru avuga ko ubwo abantu bari mu makanisa bateranye mu materaniro yo ku Cyumweru mu Bibogobogo ko ari bwo Maï Maï yinutse ku Murara ikomeza igana ku Kavumu ihageze yongera kuja ahitwa kwa Tanazi, ndetse yongera kuja mu Bahenda ari naho basanze umwungeri w’Inka z’Abanyamulenge witwa Mpore, bamubwira ko bataje kunyaga Inka kwa hubwo baje mu yindi misiyo yabo yo kureba akarere ka Bibogobogo.

Nk’uko twabwiwe n’uko
iyi Maï Maï yabwiye uyu mwungeri
iti: “Ntabwo twaje kurwana cyangwa ku nyaga Inka. Turirigwa kandi turarara.”

Byanasobanuwe ko aba barwanyi ba Maï Maï bahise bajana n’uyu mwungeri w’Inka z’Abanyamulenge barara ahitwa mu Magunga, umwe mu Mihana igize akarere ka Bibogobogo. Bukeye kuri uyu wa Mbere iyi Maï Maï yongera kwerekeza ku Kavumu ahari ibirindiro by’ingabo za FARDC, ihageze ikorana ikiganiro n’izi ngabo za FARDC ariko ibyigiwe muri icyo kiganiro bikaba bitaramenyekana, nk’uko abaturage ba bibwiye MCN.

Akarere ka Bibogobogo kuri ubu karatekanye, nubwo Maï Maï yavuzwe muri aka gace.

             MCN.
Tags: BibogobogoImpamvuMaï MaïYavuze
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Ubwiyongere bw’amafaranga yo gutunga umuryango w’umukuru w’igihugu cy’u Burundi bwashinzwe ku kigero giteye amakenga.

Ubwiyongere bw'amafaranga yo gutunga umuryango w'umukuru w'igihugu cy'u Burundi bwashinzwe ku kigero giteye amakenga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?