• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Maï Maï yagabye igitero muri Bibogobogo, Twirwaneho ya yikubise ahababaza kuri uyu wa Gatandatu.

minebwenews by minebwenews
August 10, 2024
in World News
0
Maï Maï yagabye igitero muri Bibogobogo, Twirwaneho ya yikubise ahababaza kuri uyu wa Gatandatu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Maï Maï yagabye igitero muri Bibogobogo, Twirwaneho ya yikubise ahababaza kuri uyu wa Gatandatu.

You might also like

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Igihe c’isaha z’u mugoroba wa joro wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10/08/2024, nibwo abarwanyi bo mu mutwe wa Maï Maï bagabye igitero mu Bibogobogo birangira aba barwanyi bakubiswe inshuro, nyuma y’uko Twirwaneho yabitanze imbere iranabirukana.

Amakuru ava muri ibyo bice, avuga ko iki gitero cya Maï Maï, yakigabye iturutse mu bice bya Kagugu muri Secteur ya Mutambala, teritware ya Fizi, ikigaba ahitwa Matunda ahari ibiraro by’inka z’Abanyamulenge.

Nyuma y’uko aba barwanyi bari bamaze kugaba iki gitero, byavuzwe ko Twirwaneho yatabaye abungeri b’inka z’Abanyamulenge, maze karahava barwanirira ibyabo, aho bahise bashinga imbunda zabo ahitwa Kavumu mu gihe Maï Maï nayo yarimo irasa ihagaze ku musozi wa Mutunda.

Aya makuru akomeza avuga ko Twirwaneho yarashe Maï Maï mu buryo buziguye kandi ko batigeze babebera.

Aho ndetse muri iyo mirwano yaje kugwamo abarwanyi ba Maï Maï bane, barimo n’umukomanda wabo, ndetse n’abandi benshi muri aba barwanyi ba Maï Maï barakomereka.

Ku ruhande rwa Twirwaneho, MNC yabwiwe ko kugeza ubu bakiri amahoro kandi ko nta n’Inka yigeze inyagwa muzo Maï Maï yariyerekejemo kugira ngo izi nyange.

Umwe wo ku ruhande rw’Ababembe yanditse akoresheje urubuga rwa Facebook avuga ko Maï Maï yagabye igitero mu Bibogobogo, anavuga ko icyo gitero ko cyari kigamije kwiba Inka zabo mu bwoko bw’Abanyamulenge.

Ziriya nyandiko z’uyu wo ku ruhande rw’Ababembe, zivuga kandi ko muri aba bagabye igitero kigamije kw’iba Inka z’Abanyamulenge, abagera kuri batatu muribo, bahasize ubuzima kandi ko Twirwaneho yabashe gusubiza icyo gitero inyuma.

Iyi mirwano ibaye mu gihe muri Bibogobogo hari hagize igihe uruhande rw’Abanyamulenge n’andi moko bashakisha uko amoko aturiye aka karere y’abana mu mahoro.

Imwe munzira barimo bakoresha kugira ngo bagera ku mahoro arambye, yari ibiganiro, ndetse bikaba byarimo bitegurwa kugira bitangire gukorwa muri iyi minsi, usibye ko no muri iki Cyumweru muntangiriro zacyo hari ikiganiro cyari giteguwe kuba, ariko nticyaba kuko cyari cyimuriwe mu Cyumweru gitaha.

      MCN.
Tags: Maï MaïYakubiswe ahababaza
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails
Next Post
I Nakivale gahunda uko izaba iteye mu kw’ibuka ku nshuro ya 20, Abanyamulenge baguye mu Gatumba, byashizwe hanze.

I Nakivale gahunda uko izaba iteye mu kw'ibuka ku nshuro ya 20, Abanyamulenge baguye mu Gatumba, byashizwe hanze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?