Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Menya imishahara igenewe abategetsi b’u Rwanda, ndetse n’uwaperezida w’iki gihugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 22, 2024
in World News
0
Menya imishahara igenewe abategetsi b’u Rwanda, ndetse n’uwaperezida w’iki gihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya imishahara igenewe abategetsi b’u Rwanda, ndetse n’uwaperezida w’iki gihugu.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Bikubiye mu nkuru yatangajwe n’igitangaza makuru cyandikirwa i Rwanda cyitwa Radio 10, aho cyavuze ko imishara ihembwa abategetsi b’u Rwanda iteganywa n’iteka rya perezida.

Nk’uko iki gitangaza makuru cyabisobanuye kivuga ko ibyiryo tegeko biri muri N°004/01 yo ku itariki ya 16/02/2017 kandi ko iri tegeko rigena ingano y’imishahara n’ibindi biganerwa abanyapolitiki bakuru b’iki gihugu cy’u Rwanda ndetse kandi n’uburyo itangwamo.

Cyakomeje gitangaza ko ukurikije iryo tegeko uko rivuga, nibura buri kwezi Guverinoma y’u Rwanda izajya isohora miliyoni 79,4Frw z’imishahara y’abaminisitiri 22 n’abanyamabanga ba Leta icyenda barahiriye kujya muri Leta nshya, izafasha perezida Paul Kagame gushyira mu bikorwa ibyo yemereye abaturage muri manda y’imyaka itanu iri imbere.

Iri teka kandi rigena imishahara y’abayobozi bakuru, risobanura buri kimwe gihabwa abayobozi bakuru baba abatorwa n’abaturage n’abashyirwaho n’umukuru w’igihugu.

Bityo rero, ugandeye ku bayobozi batanu bakuru mu gihugu, umukuru w’igihugu, Paul Kagame agenerwa umishahara wa 6.102.756 Frw, uyashize mu madolari y’Amerika ni 4,604.77 ku kwezi, mu gihe perezida wa Sena, perezida w’umutwe w’abadepite, perezida w’urukiko rw’ikirenga na minisitiri w’intebe buri umwe ku kwezi akagenerwa angana na 4,346.156 Frw.

Uretse ibyo, umukuru w’igihugu kandi agenerwa inzu yo kubamo ifite ibyangombwa byose; imodoka 5 z’akazi zaburi gihe n’ibyangonbwa byazo byose byishyurwa na leta, amafaranga yo kwakira abashyitsi mu rwego rw’akazi yose yishyurwa na leta, uburyo bw’itumanaho rigezweho.

Ndetse kandi perezida ahabwa amafaranga akoreshwa mu rugo angana na 6.500.00 Frw buri kwezi, amazi n’amashanyarazi byishyurwa na Leta; uburinzi buhoraho haba ku kazi mu rugo ndetse n’ahandi hose.

Ibi kandi n’abayobozi barimo perezida wa Sena , perezida w’umutwe w’abadepite na minisitiri w’intebe buri wese agenerwa inzu yo kubamo ifite ibyangombwa birimo imodoka imwe y’akazi, ndetse nibikenewe mu gufasha ya modoka byishyurwa na Leta; amafaranga yo kwakira abashyitsi angana 600.000 Frw, uburyo bw’itumanaho rigezweho mu biro no mu rugo; amafaranga yo kwakira abashyitsi mu rugo angana na 600.000 Frw buri kwezi.

Naho minisitiri muri iyi leta ya Kigali yemerewe umushahara ungana na 2.534.861 Frw buri kwezi, uyu mushahara kandi ni na wo ba visi perezida wa Sena na visi perezida w’umutwe w’abadepite bahabwa.

Abanyamabanga ba leta bagenerwa buri wese umushahara wa buri kwezi ungana na 2.434.613 Frw.

Abadepite bo bagenerwa umushahara ungana na 1.774.540 Frw.

Ubwo yose uteranije ay’abayobozi batanu bakuru mu gihugu, abaminisitiri, abanyamabanga ba leta n’abadepite baheruka kurahira mu minsi ishize, iki gihugu kizajya gisohora miliyoni 235 Frw uyashize mu madolari y’Amerika angana n’ibihumbi 17,736 ariko utabariyemo ibindi bagenerwa byihariye.

        MCN.
Tags: bahembwaPerezida Paul KagameUmishahara
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Menya utundi duce twafashwe n’umutwe wa M23 ndetse naho uri kwerekeza ugira vuba na bwangu.

Menya utundi duce twafashwe n'umutwe wa M23 ndetse naho uri kwerekeza ugira vuba na bwangu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?