Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Amasasu yumvikanye mu ijoro mu Minembwe, hamenyekanye impamvu yayo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 7, 2024
in World News
0
Amasasu yumvikanye mu ijoro mu Minembwe, hamenyekanye impamvu yayo.
62
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amasasu yumvikanye mu ijoro mu Minembwe, hamenyekanye impamvu yayo.

You might also like

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Ahagana isaha ya saa ine z’irijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 07/09/2024, nibwo muri centre ya Minembwe humvikanye urusaku rw’imbunda nyinshi, ariko rwumvikana akanya gato.

Amasoko yacu avuga ko uru rusaku rw’imbunda rwumvikanye mu kanya katarenze iminota icumi, ariko ubwo zaraswaga harimo humvikanomo n’iziremereye nka mashin gun n’izindi nto zo mu bwoko bwa AK-47.

Irakiza Aimable uherereyehe mu nkengero za Komine Minembwe, ya bwiye Minembwe Capital News ko impamvu yiraswa ry’izo mbunda byavuye kukuba hari abasirikare ba FARDC bakorera muri ibyo bice batahembwe mu gihe abandi bo bari bahembwe.

Gusa, ntiyabashye ku menya umubare bahembwe n’uwabatahembwe, ariko nk’uko Irakiza yakomeje abisobanura yagaragaje ko kudahembwa kwa bamwe muri aba basirikare bakorera muri ibi bice byo muri Komine ya Minembwe, biri mu byatumye haba iri rasagura amasasu menshi, kandi avuga ko bayarasaga mu rwego rwo kugaragaza akababaro ku bayobozi babo.

Ikibazo cyo kudahemba abasirikare, gikunze kugaragara ku basirikare benshi mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahanini bikaba bikunze kuba cyane cyane mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Mu ntangiriro z’uyu mwaka aha mu Minembwe abasirikare bamaze hafi amezi ane batabona umushahara wabo, kugeza ubwo binjiye amasengesho batangira gutakambira Imana yo mu ijuru kugira ngo ibibafashyemo.

Si uwo mwaka gusa, kuko n’umwaka ushize byarabaye.

Mu gihe ibi byari byashyize abaturage baturiye muri icyo gice mu rujijo, ubu biravugwa ko mu Minembwe hatekanye.

       MCN.
Tags: AmasasuIrasaguraMu Minembwe
Share25Tweet16Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku masezerano yashyizweho umukono mu bya gisirikare hagati ya RDC n’u Bushinwa.

Ibyo wa menya ku masezerano yashyizweho umukono mu bya gisirikare hagati ya RDC n'u Bushinwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?