• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umwana w’imyaka 13, yishwe arashwe na Wazalendo mu misozi yo mu Mibunda.

minebwenews by minebwenews
September 13, 2024
in World News
0
Umwana w’imyaka 13, yishwe arashwe na Wazalendo mu misozi yo mu Mibunda.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwana w’imyaka 13, yishwe arashwe na Wazalendo mu misozi yo mu Mibunda.

You might also like

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Ni umwana w’umukobwa wo mu bwoko bw’Ababembe ufite imyaka 13 y’amavuko, warashwe agahita y’itaba Imana ako kanya, nyuma y’uko atari yishyuye amafaranga yo kuri bariyeri ya Wazalendo iherereye mu bice byo mu Gipupu, mu misozi y’i Mulenge.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko uyu mukobwa ko yari avuye mu Muhana wa Gipupu yerekeje mu wundi Muhana wa hitwa i Giseke.

Iyi mihana yombi ibarizwa muri Secteur ya Itombwe, muri teritware ya Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Na none kandi ibi bice bizwi cyane nko mu misozi miremire y’Imulenge.

Nk’uko aya makuru akomeza avuga, uyu mwana w’umukobwa akigera kuri iyi bariyeri yasabwe kwishyura 500FC kugira ngo atambuke, azibuze, niko guhita araswa mu cyiciro, araswa na Wazalendo batangishaga izi faranga, ahita agwaho.

Iyi bariyeri isanzwe ikoreshwa na Wazalendo, ni mu gihe ubuyobozi bwa FARDC bwo ku cyicyaro cya Secteur ya Itombwe bwabahanguriye kuyitangishaho ibitoro byaburi Kabiri no ku wa Gatandatu, mu rwego rwo kugira ngo bibafashe mu buzima bwabo bwaburi munsi. Ariko n’ubwo Wazalendo bahawe ubwo buryo bu bafasha kubona amafaranga byihuse, ariko nti bubabuza kubukoresha nabi, ndetse banaburengaho bakaja kwiba Inka z’Abanyamulenge no kuziba.

Ikibabaje nyuma y’uko uyu mukobwa uvuka mu Muhana wa Gipupu yishwe benako kageni, ntayindi nkurikizi yabayeho usibye ko ubuyobozi bwa Polisi yo muri ibyo bice bwatangaje ko bugiye kubikurikirana.

Kugeza ubu Wazalendo barinyuma yubwo bwicanyi, baracidegembya.

           MCN.
Tags: MibundaUmukobwaWazalendoWimyaka 13Yishwe Arashwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails
Next Post
AFC, yasobanuye impamvu intambara bahanganyemo na FARDC ishobora guhindura isura.

AFC, yasobanuye impamvu intambara bahanganyemo na FARDC ishobora guhindura isura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?