Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umwana w’imyaka 13, yishwe arashwe na Wazalendo mu misozi yo mu Mibunda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 13, 2024
in World News
0
Umwana w’imyaka 13, yishwe arashwe na Wazalendo mu misozi yo mu Mibunda.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwana w’imyaka 13, yishwe arashwe na Wazalendo mu misozi yo mu Mibunda.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni umwana w’umukobwa wo mu bwoko bw’Ababembe ufite imyaka 13 y’amavuko, warashwe agahita y’itaba Imana ako kanya, nyuma y’uko atari yishyuye amafaranga yo kuri bariyeri ya Wazalendo iherereye mu bice byo mu Gipupu, mu misozi y’i Mulenge.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko uyu mukobwa ko yari avuye mu Muhana wa Gipupu yerekeje mu wundi Muhana wa hitwa i Giseke.

Iyi mihana yombi ibarizwa muri Secteur ya Itombwe, muri teritware ya Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Na none kandi ibi bice bizwi cyane nko mu misozi miremire y’Imulenge.

Nk’uko aya makuru akomeza avuga, uyu mwana w’umukobwa akigera kuri iyi bariyeri yasabwe kwishyura 500FC kugira ngo atambuke, azibuze, niko guhita araswa mu cyiciro, araswa na Wazalendo batangishaga izi faranga, ahita agwaho.

Iyi bariyeri isanzwe ikoreshwa na Wazalendo, ni mu gihe ubuyobozi bwa FARDC bwo ku cyicyaro cya Secteur ya Itombwe bwabahanguriye kuyitangishaho ibitoro byaburi Kabiri no ku wa Gatandatu, mu rwego rwo kugira ngo bibafashe mu buzima bwabo bwaburi munsi. Ariko n’ubwo Wazalendo bahawe ubwo buryo bu bafasha kubona amafaranga byihuse, ariko nti bubabuza kubukoresha nabi, ndetse banaburengaho bakaja kwiba Inka z’Abanyamulenge no kuziba.

Ikibabaje nyuma y’uko uyu mukobwa uvuka mu Muhana wa Gipupu yishwe benako kageni, ntayindi nkurikizi yabayeho usibye ko ubuyobozi bwa Polisi yo muri ibyo bice bwatangaje ko bugiye kubikurikirana.

Kugeza ubu Wazalendo barinyuma yubwo bwicanyi, baracidegembya.

           MCN.
Tags: MibundaUmukobwaWazalendoWimyaka 13Yishwe Arashwe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
AFC, yasobanuye impamvu intambara bahanganyemo na FARDC ishobora guhindura isura.

AFC, yasobanuye impamvu intambara bahanganyemo na FARDC ishobora guhindura isura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?