Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Kamala na Trump bahuriye mu y’indi Leta gushaka amajwi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 3, 2024
in World News
0
Kamala na Trump bahuriye mu y’indi Leta gushaka amajwi.
78
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kamala na Trump bahuriye mu y’indi Leta gushaka amajwi.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Mu gihe hasigaye iminsi ibiri amatora akaba muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Kamala Harris na Donald Trump bagiye gushakira amajwi muri Leta ya North Carolina.

Kamala ahagarariye ishyaka ry’Abademokarate mu matora ya perezida wa Amerika ateganyijwe tariki ya 05/11/2024, mu gihe na Donald Trump nawe ari umukandida w’ishyaka ry’Abarepulikani; ku munsi w’ejo hashize bombi bahuriye muri Leta ya North Carolina.
Iyi leta barimo nimwe mu zishobora kwegukanwa n’umukandida uwo ari we wese. Kandi uraba ari umunsi wa kane wikurikiranya visi perezida Kamala Harris na Donald Trump bahurira muri Leta imwe kwiyamamaza.

Ibi bigaragaza uruhare runini Leta zirindwi zifite mu kugena uzegukana umwanya wa Perezida hagati y’aba bakandinda bombi.
Ikusanyabitekerezo rikorwa kuri aya matora kugeza ubu ryerekana ko abandinda bombi bafite umubare w’amajwi wegeranye cyane.

Abaturage barenga miliyoni 70 bamaze gutora nk’uko bitangazwa n’ubushakashatsi bukorwa muri kaminuza ya Florida kuri aya matora.
Uyu mubare uri munsi y’uwabari bamaze gutora nk’iki gihe mu mwaka w’ 2020, ariko na none urerekana ko abantu bashishikajwe no kwitabira aya matora.

Ku wa Gatandatu w’ejo hashize kandi, ni wo munsi wa nyuma wagenwe w’abashaka gutora kare muri Leta ya North Carolina, aho abagera kuri miliyoni 3.8 bamaze gutora muri iki gihe uburenganzuba bw’iyi Leta bukiva mu bihe by’imiyaga idasanzwe yari yibasiye aka gace muri mu minsi mike ishize.

Tags: KamalaKwiyamamazaNorth CarolinaTrump
Share31Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo guhohotera Abanyamulenge mu Minembwe byongeye gufata indi ntera.

Ibyo guhohotera Abanyamulenge mu Minembwe byongeye gufata indi ntera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?