Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Israel yagize ibyo ishinjwa ku ntambara ibera muri Gaza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 12, 2024
in World News
0
Israel yagize ibyo ishinjwa ku ntambara ibera muri Gaza.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Israel yagize ibyo ishinjwa ku ntambara ibera muri Gaza.

You might also like

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Israel irashinjwa kutubahiriza amasezerano yagahenge kasabwe na Leta Zunze ubumwe z’Amerika. Ni mu gihe yagabye ibitero mu ntara ya Gaza bikaba byahitanye abantu 14, nk’uko byatangajwe n’abategetsi bo muri Palestina.

Kuri ibyo bitero Israel yakoze kuri uyu wa kabiri, amashyirahamwe y’abagiraneza yavuze ko byatumye ahagarika imfashanyo zayo zari zitegekanyijwe koherezwa muri Gaza.

Ariko aya makuru igisirikare cya Israel cyayahakanye kivuga ko imfashanyo zibiribwa zoherejwe muri Gaza kandi ko zahawe abaturage.

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zari zatanze itegeko ko Israel ibwirizwa gutanga agahenge k’intambara bitarenze kuri uyu wa kabiri, mu rwego rwo kugira ngo abagiraneza bageze imfashanyo ku baturage, kandi ngo Israel nitabyubahiriza inkunga yahabwaga igahagarikwa.

Amashirahamwe mpuzamahanga 8 akorera muri ibyo bice, yasohoye itangazo ryerekana ingingo 19 Amerika yategetse Israel kubahiriza, ariko ko murizo yubahirije gusa 4. Ayo mashirahamwe akagaragaza ko Israel yafashe ibyemezo byatumye ibintu byongera kuja idobwe.

Ibiro bya Loni bitunganya ibikorwa byabatwara imfashanyo muri Gaza, bivuga ko nko mu kwezi gushize, Israel yaburijemo ibice 85% byibikorwa byari bigamije gufasha abaturage bo muri iyo ntara ya Gaza.

Kimweho inama y’abaminisitiri yabaye ku wa mbere muri iki Cyumweru, byavuzwemo ko imfashanyo ihabwa abaturage bo mu ntara ya Gaza yongereka umunsi ku munsi.

Ku rundi ruhande, minisitiri w’ingabo muri Israel nawe yari aheruka gitangaza ko mu nkengero z’umujyi wa Gaza ahari inyubako z’umutwe wa Hezbollah uyu mutwe ukomeje kuhakorera ibikorwa bibi, bityo avuga ko Ingabo za Israel zigiye kuhagaba ibitero kugira ngo basenyagure abanzi babo.

Tags: AmerikaGazaIsrael
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails
Next Post
Ibyabaye ku nyeshamba za Maï Maï na FDLR, bisa n’ibyawamugani uvuga ngo “intambara ni agapfizi kimiriza bose.”

Ibyabaye ku nyeshamba za Maï Maï na FDLR, bisa n'ibyawamugani uvuga ngo "intambara ni agapfizi kimiriza bose."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?