• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Menya ibyimbitse ku bayobozi ba Israel bateraniye i Kigali mu Rwanda.

minebwenews by minebwenews
November 16, 2024
in World News
2
Menya ibyimbitse ku bayobozi ba Israel bateraniye i Kigali mu Rwanda.
103
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya ibyimbitse ku bayobozi ba Israel bateraniye i Kigali mu Rwanda.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ba ambasaderi bungirije bahagarariye igihugu cyabo cya Israel mu bihugu bya Afrika bahuriye i Kigali mu gihugu cy’u Rwanda mu mwiherero wo gusuzuma uko imikoranire ya Israel n’ibihugu byo muri Afrika ihagaze.

Bikubiye mu itangazo amabasade ya Israel mu Rwanda yashyize hanze tariki ya 15/11/2024, rivuga ko iyi nama igamije kwagura ubufatanye bwa Israel n’ibihugu byo muri Afrika.

Iri tangazo kandi rinavuga ko u Rwanda na Israel bahuriye kuri byinshi, birimo ko basangiye amateka, ubucuti bw’igihe kirekire ndetse n’imikoranire.

Ndetse ubwo aba badipolomate bari bagiye mu mwiherero basuye n’urwibutso rwa jenoside ya korewe Abatutsi mu Rwanda ruri i Kigali.

Iri tangazo kandi ryasobanuye ko kuba aba badipolomate bahisemo guhura bagakorera inama mu Rwanda, bigaragaza umuhate wa Israel wo guteza imbere umubano wayo na Afrika.

Ambasaderi wa Israel mu Rwanda, Einat Weiss we, yagaragaje ko yishimiye kuba iyi nama yarabereye mu Rwanda bwa mbere; avuga ko biteye ishema ngo kuko bikomeza kuzahura umubano w’ibihugu cyabo n’u Rwanda.

Aba badipolomate kandi bagiranye ikiganiro n’umunyamabanga ushinzwe ubutwererane bw’akarere, James Kaberebe.

Mu busanzwe Israel ifitanye imibanire myiza n’ibihugu byo muri Afrika mu nzego zirimo ikoranabuhanga, inavasiyo, ubuhinzi n’ubuzima.

Kuri iyi nshuro abadipolomate ba Israel bahuriye mu Rwanda mu gihe ingabo zayo zimaze umwaka urenga ziri mu ntambara n’imitwe y’itwaje imbunda ikorera muri bimwe mu bihugu byo mu Burasirazuba bwo hogati.

Hagati aho, igihugu kimwe cyo muri Afrika cyavuze ku mugaragaro ko kidashyigikiye Israel mu ntambara ibera mu ntara ya Gaza. Icyo gihugu ni Afrika y’Epfo.

Tags: AbadipolomateAfrikaInamaIsrael
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
FARDC mu Minembwe yongeye kurushyaho kurenza igipimo ibyo guhohotera abahaturiye.

FARDC mu Minembwe yongeye kurushyaho kurenza igipimo ibyo guhohotera abahaturiye.

Comments 2

  1. Ensuent says:
    10 months ago

    In 5 FU treated cells, tangeretin inhibited miR 21 induction, rescued the expression of the target PTEN, reduced Akt activation, and induced autophagy buy priligy 60 mg

  2. Ensuent says:
    10 months ago

    Your treatment was so structured, you now just want to wing it [url=https://fastpriligy.top/]order priligy online uk[/url]

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?