• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 10, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Menya ibyimbitse ku bayobozi ba Israel bateraniye i Kigali mu Rwanda.

minebwenews by minebwenews
November 16, 2024
in World News
2
Menya ibyimbitse ku bayobozi ba Israel bateraniye i Kigali mu Rwanda.
103
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya ibyimbitse ku bayobozi ba Israel bateraniye i Kigali mu Rwanda.

Ba ambasaderi bungirije bahagarariye igihugu cyabo cya Israel mu bihugu bya Afrika bahuriye i Kigali mu gihugu cy’u Rwanda mu mwiherero wo gusuzuma uko imikoranire ya Israel n’ibihugu byo muri Afrika ihagaze.

READ ALSO

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

Bikubiye mu itangazo amabasade ya Israel mu Rwanda yashyize hanze tariki ya 15/11/2024, rivuga ko iyi nama igamije kwagura ubufatanye bwa Israel n’ibihugu byo muri Afrika.

Iri tangazo kandi rinavuga ko u Rwanda na Israel bahuriye kuri byinshi, birimo ko basangiye amateka, ubucuti bw’igihe kirekire ndetse n’imikoranire.

Ndetse ubwo aba badipolomate bari bagiye mu mwiherero basuye n’urwibutso rwa jenoside ya korewe Abatutsi mu Rwanda ruri i Kigali.

Iri tangazo kandi ryasobanuye ko kuba aba badipolomate bahisemo guhura bagakorera inama mu Rwanda, bigaragaza umuhate wa Israel wo guteza imbere umubano wayo na Afrika.

Ambasaderi wa Israel mu Rwanda, Einat Weiss we, yagaragaje ko yishimiye kuba iyi nama yarabereye mu Rwanda bwa mbere; avuga ko biteye ishema ngo kuko bikomeza kuzahura umubano w’ibihugu cyabo n’u Rwanda.

Aba badipolomate kandi bagiranye ikiganiro n’umunyamabanga ushinzwe ubutwererane bw’akarere, James Kaberebe.

Mu busanzwe Israel ifitanye imibanire myiza n’ibihugu byo muri Afrika mu nzego zirimo ikoranabuhanga, inavasiyo, ubuhinzi n’ubuzima.

Kuri iyi nshuro abadipolomate ba Israel bahuriye mu Rwanda mu gihe ingabo zayo zimaze umwaka urenga ziri mu ntambara n’imitwe y’itwaje imbunda ikorera muri bimwe mu bihugu byo mu Burasirazuba bwo hogati.

Hagati aho, igihugu kimwe cyo muri Afrika cyavuze ku mugaragaro ko kidashyigikiye Israel mu ntambara ibera mu ntara ya Gaza. Icyo gihugu ni Afrika y’Epfo.

Tags: AbadipolomateAfrikaInamaIsrael

Related Posts

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira
World News

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

September 10, 2026
OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo
World News

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

September 10, 2026
Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko
World News

Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko

September 9, 2026
U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza
World News

U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza

September 9, 2026
Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye
World News

Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye

September 6, 2026
RDC–Israel: Perezida Herzog yasezeranyije gufasha Tshisekedi, mu Burasirazuba abaturage basaba ko ubufasha butazongera intambara
World News

RDC : Une décision majeure, l’ambassade en Israël sera transférée à Jérusalem

September 4, 2026
Next Post
FARDC mu Minembwe yongeye kurushyaho kurenza igipimo ibyo guhohotera abahaturiye.

FARDC mu Minembwe yongeye kurushyaho kurenza igipimo ibyo guhohotera abahaturiye.

Comments 2

  1. Ensuent says:
    2 years ago

    In 5 FU treated cells, tangeretin inhibited miR 21 induction, rescued the expression of the target PTEN, reduced Akt activation, and induced autophagy buy priligy 60 mg

  2. Ensuent says:
    2 years ago

    Your treatment was so structured, you now just want to wing it [url=https://fastpriligy.top/]order priligy online uk[/url]

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
  • AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse
  • Fizi sous haute tension : violents combats à Mulima et Nguli, Kananda au cœur des changements militaires
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?