• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Undi wari inkingi ikomeye muri Hezbollah yishwe.

minebwenews by minebwenews
November 18, 2024
in World News
1
Undi wari inkingi ikomeye muri Hezbollah yishwe.
74
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Undi wari inkingi ikomeye muri Hezbollah yishwe.

You might also like

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Igisirikare cya Israel cyivuganye umuvugizi w’umutwe wa Hezbollah, Muhemmed Afif, mu gitero cyagabye mu majyepfo y’i Beirut muri Liban.

Ni amakuru yatangajwe n’ibiro ntara makuru by’Abanyamerika, Associeted press, aho umunyamakuru wabyo yavuze ko we ubwe yigereye ku murambo wa Mohammed Afif.

Uyu munyamakuru yanavuze ko iruhande rw’umurambo wa Afif hari indi mirambo ine y’abarwanyi bo muri Hezbollah ndetse ko hari n’abandi bantu bane bo muri uwo mutwe bakomeretse bikabije.

Nyuma y’icyo gitero hagaragaye abaturage buzuye imihanda mu mujyi mukuru wa Liban bari guhunga.
Gusa, nubwo bivugwa ko igisirikare cya Israel ari cyo cyagabye iki gitero ariko ntacyo kirabivugaho.

Ariko Israel yari iheruka gusaba abaturage batuye mu mijyi irenga icumi yo mu Burasirazuba bwa Liban kuyivamo ngo kuko irimo abarwanyi ba Hezbollah.

Ku rundi ruhande, minisitiri y’ubuzima ya Liban ivuga ko abaturage barenga ibihumbi 34 bamaze guhitanwa n’ibitero bya Israel bigabwa muri icyo gihugu, abarenga miliyoni 1.2 bataye Ingo zabo.

Umubare wo wabarwanyi ba Hezbollah umaze guhitanwa n’ibyo bitero nturashyirwa ahagaragara.

Mu gihe ku ruhande rwa Israel, abamaze kugwa mu bitero impande zombi zihanganyemo, barimo abasirikare 31, n’aho abaturage bataye Ingo zabo babarirwa muri 60.

Tags: IsraelMuhammad
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails
Next Post
Mu misozi miremire y’Imulenge, Twirwaneho ikomeje kuba bera igisubizo.

Mu misozi miremire y'Imulenge, Twirwaneho ikomeje kuba bera igisubizo.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    11 months ago

    This confidence was built on the premise of his own strength [url=https://fastpriligy.top/]priligy tablets over the counter[/url] Kazmaura MR, Lie RT

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?