• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 11, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Intambara hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Congo, yongeye gukaza umurego.

minebwenews by minebwenews
January 7, 2025
in Regional Politics
0
Intambara hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Congo, yongeye gukaza umurego.
102
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intambara hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Congo, yongeye gukaza umurego.

You might also like

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Amakuru aturuka mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru aravuga ko intambara ihanganishije umutwe wa M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa yongeye kugira uburemere bwinshi.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 07/1/2025 imirwano ikaze hagati ya M23 na FARDC n’abambari bayo yaramukiye ahitwa i Nyange, Nyabihanga , Rudefu na Shovu. Utwo duce tukaba duherereye muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Aya makuru avuga ko iyi mirwano yari remereye cyane, ni mu gihe yumvikanyemo imbunda ziremereye n’izito.

Ahandi habereye intambara ikomeye, nk’uko aya makuru akomeza abivuga ni mu nkengero za Ngugu nayo iherereye mu duce teritware ya Masisi ihanamo umupaka na Kalehe muri Kivu y’Amajy’epfo.

Iyi mirwano ije ikurikira indi yarimaze iminsi ibera mu nkengero za centre ya Masisi, ikaba yaranasize uriya mutwe wa M23 wigarurira iyo centre.

Ibi byatumye abaturage baturiye ibyo bice bongera guhunga mu buryo budasanzwe; abahunze cyane n’abaturiye Ufamandu no muri Mufunyi-Shanga.

Bamwe muri aba baguhungira mu bice bya bohojwe na M23 i Katale, no mu bindi bice bigenzurwa n’ingabo za Leta nka hitwa Lumbishi-Numbi na Minova.

Nyamara kandi mu misozi yu namiye Minova muri teritware ya Kalehe haravugwa abarwanyi ba ba M23 ibyatumye ingabo za Congo zikomeza guhungabanya umutekano wo muri ako gace.

Perezida w’ibiro bishinzwe guhuza ibikorwa by’inama nyungurana bitekerezo bya sosiyete sivile (CCTSCKalehe), Delphin Birimbi yasabye abaturage baturiye teritware ya Kalehe gutera ingabo zabo mu bitugu kugira ngo barwanye M23.

Ku rundi ruhande abandi baturage bo muri ibyo bice bishimiye kuza kwabo barwanyi, nubwo bataragira ibice bafata byo muri Kalehe muri Kivu y’Amajy’epfo.

Tags: FardcIntambaraM23Masisi
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

by Bahanda Bruce
September 11, 2025
0
AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by'umuryango ukomeye ku isi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo,...

Read moreDetails

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails
Next Post
Izamuka ry’ibiciro mu mujyi wa Goma riravuza ubuhuha.

Izamuka ry'ibiciro mu mujyi wa Goma riravuza ubuhuha.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?