Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Drone z’u Burusiya zahuye n’uruva gusenya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 10, 2025
in World News
0
Drone z’u Burusiya zahuye n’uruva gusenya.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Drone z’u Burusiya zahuye n’uruva gusenya.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Igisirikare cya Ukraine cyatangaje ko cyahanuye drone z’u Burusiya zibarirwa hagati ya 46 na 70, kandi ko zahanuwe ubwo zarimo zitera ibisasu mu duce two hagati no mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya Ukraine.

Ni byabaye ku wa kane tariki ya 09/1/2025, aho izo drone z’u Burusiya zahanuwe n’igisirikare cya Ukraine kirwanira mu kirere .

Nk’uko igisirikare cya Ukraine cyabitangaje, cyagaragje ko ibisate by’utwo tudege tutagira abapilote twahanuwe, twangije amazu aherereye mu bice bya Cherkasy, Kharkiv na Sumy. Ndetse kandi Ingabo za Ukraine zirinda ikirere zahanuye izindi drone mu turere twa Chernihiv, Dnipropertrovsk, Kherson, Kyiv, Mykolaiv na Poltava.

Ibi bitero bibaye mu gihe misile z’u Burusiya zibasiye umujyi wa Zaporizhzhia, zigahitana abantu batari munsi ya 13, zigakomeretsa abandi 30.

Ku wa gatatu, perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yari yatangaje ko “nta kintu kibi kirenze ubugome bwo kurasa ibibombe mu kirere cy’u mujyi utuwe n’abantu ibihumbi n’ibihumbi, kandi uzi neza ko abaturage basanzwe bahazaharira.”

Ni mu gihe kandi ku wa Kane, minisiteri y’ingabo z’u Burusiya yari yavuze ko yarashe indege zitagira abapilote 15 za Ukraine, zirimo izahanuwe hejuru ya karere ka Belgorod n’aka Bryansk na Krasnodar ku mupaka w’ibihugu byombi.

Guverineri w’intara ya Krasnodar, Veniamin Kondrtyv, mu butumwa yashyize hanze akoresheje urubuga rwa Telegram yavuze ko ibisate bya drone byangije amazu, ariko ko nta bantu bahitanywe n’ibyo bitero bikaze.

Tags: DroneU BurusiyaUkraine
Share37Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post

FARDC yongeye kwatswaho umuriro w'imbunda, maze iyabangira ingata.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?