• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibitangazwa na Gen Muhoozi byongeye kuzana impaka zikomeye.

minebwenews by minebwenews
January 18, 2025
in World News
0
Ibitangazwa na Gen Muhoozi byongeye kuzana impaka zikomeye.
103
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibitangazwa na Gen Muhoozi byongeye kuzana impaka zikomeye.

You might also like

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda akaba n’umuhungu wa perezida Yoweli Kaguta Museveni, Gen Kainarugaba Muhoozi yavuze ko aho kwitaba inteko ishinga mategeko ya Uganda yamutumijeho azafunga abayigize bose abo yise “ibicucu bibi.”

Ahar’ejo tariki ya 17/01/2025 ni bwo komisiyo ishinzwe igisirikare mu nteko ishinga amategeko ya Uganda yategetse minisitiri w’ingabo z’iki gihugu gusaba Gen Kainarugaba Muhoozi kuyitaba, kugira ngo atange ibisobanuro ku butumwa bwe butavugwaho rumwe akunze gucisha ku rubuga rwa x.

Ubwo butumwa abadepite bagize iriya komisiyo bavuga ko busiga icyaha isura ya Uganda, haba imbere mu gihugu no ku ruhando mpuzamahanga.

Gen Kainarugaba Muhoozi abinyujije ku rubuga rwe rwa x, yavuze ko aho kugira ngo yitabe abadepite bamuhamagaje azabata muri yombi.

Yagize ati: “Sinzigera ngaragara imbere y’ibicucu bibi byo mu nteko ishinga amategeko. Ahubwo byose nzabita muri yombi.”

Yanavuze kandi ko nyuma y’uko azaba yataye muri yombi abo yise ibicucu byo mu nteko ishinga amategeko, azabatumira ubundi baganire ngo kandi nihagira ukorora nabi muri bo , niwe uzasigara mu buroko.

Ubundi kandi yavuze ko akaneye miliyari 1,000 z’amashilingi ya Uganda agenewe igisirikare cya Uganda, anashimangira ko buri wese mu bagize inteko ishinga mategeko agomba ku mushigikira akayahabwa.

Mu minsi mike ishize Muhoozi yari yasezeye gukoresha x, ariko mu minsi itarenze icyumweru yahise yongera kuyigarukaho avuga ko aringombwa ko ayikoresha.

Tags: Inteko ishinga mategekoUgandaX
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails
Next Post
FARDC yishe irashe umugabo w’Umunyamulenge.

FARDC yishe irashe umugabo w'Umunyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?