• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 11, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yakubise kubi FARDC n’ingabo z’u Burundi i Masisi.

minebwenews by minebwenews
January 18, 2025
in Regional Politics
0
M23 yakubise kubi FARDC n’ingabo z’u Burundi i Masisi.
103
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yakubise kubi FARDC n’ingabo z’u Burundi i Masisi.

You might also like

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi mu rugamba wa rwanye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 18/01/2025 mu bice byo muri teritware ya Masisi wahaye isomo rikaze ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, rigizwe n’ingabo z’u Burundi, FARDC, FDLR, Wazalendo n’abacanshuro b’Abazungu baturutse mu Burayi.

Amakuru avuga kuri iyi mirwano yabaye hagati ya M23 n’ingabo za Congo n’abambari bazo avuga ko yatangiye igihe c’isaha ya saa kumi nimwe z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu.

Ni imirwano yabereye mu duce twinshi duherereye muri teritware ya Masisi, aho yanasize uyu mutwe wa M23 wigaruriye agace ka Bitonga, nyuma y’imirwano ikomeye yahanganishije uriya mutwe n’ihuriro ry’ingabo za RDC ku misozi ihanamiye iyi centre ya Bitonga.

Aya makuru anavuga kandi ko uruhande rwa Leta, ahanini ku ngabo z’u Burundi zi yifasha kurwanya uyu mutwe zakubiswe bikomeye kuko zahatakarije abasirikare babo benshi babarirwa mu mirongo.

Iyi mirwano kandi yavuzwe i Muhemba na Kishonja muri grupema ya Baoba . Bikavugwa ko abarwanyi bo mu mutwe wa M23 ko bakomeje gutera intambwe berekeza i Nyabiondo bagana muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ahandi humvikanye ibiturika byinshi ni muri Bitagata ahari ibirindiro bikomeye by’ingabo z’u Burundi zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa, M23 ikaba yanafashe ibyo birindiro ndetse kandi ibifatiramo n’ibikoresho bya gisirikare birimo imbunda n’amasasu.

Iyi mirwano yaberega mu duce two muri teritware ya Masisi yaje ikurikira iyabaye igihe c’isaha ya saa tatu z’ijoro ryaraye rikeye, ikaba yaraberaga ku musozi wa Mambasa muri teritware ya Lubero mu ntara ya Kivu Yaruguru.

Tags: FardcImirwanoM23Masisi
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

by Bahanda Bruce
September 11, 2025
0
AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by'umuryango ukomeye ku isi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo,...

Read moreDetails

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails
Next Post
Tshisekedi yarahiye ararica avuga ko atazaganira na m23 ariko agaragaza ibyo ashyize imbere.

Tshisekedi yarahiye ararica avuga ko atazaganira na m23 ariko agaragaza ibyo ashyize imbere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?