Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Rwanda n’u Burundi mu nzira zo kumara impaka hagati yabyo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 15, 2025
in World News
0
U Rwanda n’u Burundi mu nzira zo kumara impaka hagati yabyo.
105
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda n’u Burundi mu nzira zo kumara impaka hagati yabyo.

You might also like

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

U Rwanda rubinyujije muri minisitiri warwo w’u banye n’amahanga, rwatangaje ko igihugu cyabo n’u Burundi biri mu nzira zo kumvikana.

Hari hashyize igihe kirekire u Rwanda n’u Burundi bidacyana uwaka, ariko umwuka mubi wongeye gututumba cyane cyane mu mpera z’ukwezi kwa mbere uyu mwaka, nyuma y’aho perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye atangaje ko u Rwanda rufite umugambi wo gutera igihugu cye rubinyujije mu mitwe irwanya igihugu cye.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, abinyujije kuri x yatangaje ko u Rwanda n’u Burundi biri mu nzira zo kumvikana, aho yagaragaje neza ko abategetsi b’ibi bihugu byabo bari mu bikorwa byo kumvikana.

Nk’uko yabitangaje yagize ati: “Ibikorwa birimo kuba hagati y’abategetsi b’ibi bihugu u Rwanda n’u Burundi. Igisubizo cya politiki gishobora kuboneka ku makimbirane mu Burasizuba bwa RDC.”

Umubano mubi hagati y’ubutegetsi bw’u Burundi n’u Rwanda wari umaze imyaka utari mwiza, ariko wongeye kuzamo agatotsi ubwo u Burundi bwoherezaga ingabo zabwo muri RDC zifatikanya n’ingabo z’iki gihugu na FDLR kurwanya m23.

Icyo igihe u Rwanda rwagaragaje ko rutishimiye icyo gikorwa kuko bashinjaga ingabo za Congo gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Gusa, u Burundi nabwo bwagiye bushinja u Rwanda gutera inkunga umutwe wa Red-Tabara urwanya iki gihugu cy’u Burundi, kandi ko narwo rukorana byahafi n’umutwe wa m23 uwo nawo bashinja gufatanya n’uwo mutwe wa Red-Tabara.

Muri uyu muhate wo kugarura umubano mwiza hagati y’u Rwanda n’u Burundi, bivugwa ko mu byumweru bike bishyize habaye inama zirenze imwe zahuje abakuru b’ubutasi bwa gisirikare b’ibihugu byombi. Nubwo bitaremezwa ku mugaragaro.

Hagataho, imyaka 10 irarangiye ibihugu byombi bifitanye umubano mubi, kuko ni ukuva mu mwaka wa 2015.
Kuva icyo igihe kugeza ubu, imyaka 10 irarangiye umubano utifashe neza, nubwo hagiye haba imihate itandukanye yo kugerageza kongera kubana neza hagati y’ibi bihugu byombi bisanzwe ari ibituranyi.

Tags: BurundiRdcU Rwanda
Share42Tweet26Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b’u Rwanda ararushimira.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b'u Rwanda ararushimira. U Bubiligi bwemereye ishirahamwe ry'abakinyi bisiganwa ry'amagare kwitabira shampiyona (champion) y'isi iteganyijwe kubera i Kigali...

Read moreDetails
Next Post
I Fizi: Mai-Mai iri mugahinda gakomeye nyuma yuko uwari umuyobozi wayo aryamiye ukuboko kwa bagabo.

I Fizi: Mai-Mai iri mugahinda gakomeye nyuma yuko uwari umuyobozi wayo aryamiye ukuboko kwa bagabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?